skol

Ubukungu

Tshisekedi yakiriye intumwa idasanzwe ya Perezida Trump

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, kuri iki Cyumweru, itariki 16 (…)

Kinshasa: Umuganda “Salongo” wagizwe itegeko buri wa Gatandatu

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu, itariki ya 12 Werurwe, (…)

Inteko y’u Bushinwa yasoje inama yashimangiye umugambi bufite kuri Afurika

Inteko Ishinga Amategeko y’u Bushinwa, National People’s Congress-NPC, yasoje inteko yayo (…)

Amerika iravuga ko 83% bya gahunda USAID yateraga inkunga zizavaho burundu

Kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Werurwe 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze (…)

RDC yafunze ikirere cyayo ku ndege za Rwandair kabone n’aho zaba zerekeza ahandi

Intambara zo mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, iki gihugu (…)

Trump yasubijeho ikoreshwa ry’imiheha ya pulasitike muri Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka risubizaho ikoreshwa (…)

Ifungwa rya USAID ryatumye Abakozi bayo hafi ya bose ku isi bashyirwa mu kiruhuko

Ikigo gifasha cya leta ya Amerika cyatangaje ko abakozi bacyo muri Amerika n’ahandi kw’isi (…)

Amerika yateguje kongera umusoro ku bicuruzwa biva muri EU

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ashobora kongera umusoro ku (…)

Akayabo Elon Musk yakoresheje mu bikorwa byo kwiyamamaza Trump kamenyekanye

Komisiyo y’Amatora muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko umunyemari Elon Musk, yatanze (…)

Amerika yahagaritse ibyo kuzamura umusoro ku bicuruzwa biva muri Colombia

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse umusoro wa 25% ku bicuruzwa byose bituruka muri (…)

Ibihugu 10 bya Afurika bifite umubare munini w’Abashomeri

Ubushomeri ni imwe mu mbogamizi zikomeye muri Afurika, zibangamira iterambere ry’ubukungu (…)

U Buyapani: Banki Nkuru yakubye kabiri inyungu fatizo

Banki Nkuru y’u Buyapani yongereye inyungu fatizo iyivana kuri 0,25% iyigeza kuri 0,5%, ibintu (…)

Menya icyashoboje u Bushinwa kugabanya abarenga miliyoni 1,3 mu mwaka umwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Bushinwa, NBS, cyatangaje ko abaturage b’igihugu (…)

Abakoresha TikTok muri Amerika bari gushakira ku bwinshi ubuhungiro kuri RedNote

Mu gihe hakomoje kuba impungenge z’uko TikTok ishobora guhagarikwa muri Leta Zunze Ubumwe za (…)

‘Trump Vodka’, inzoga yitiriwe Perezida wa Amerika ishobora kujya ku isoko vuba

Umuhungu wa Perezida Donald Trump, Eric Trump, ari mu biganiro n’ibigo bitandukanye bigamije (…)