skol

Ubukungu

Hari imwe mu mihanda n’amasangano y’imihanda biteganyijwe kubakwa muri uyu mwaka

Muri uyu mwaka wa 2025 hari imishinga yo kubaka imihanda n’amasangano y’imihanda (rond-point), (…)

Amerika: Perezida Biden Yasinye Itegeko riha uburenganzira Igihugu kuzamura umwenda gifata

Perezida Joe Biden wa leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa gatandatu yasinye itegeko ribuza (…)

Cameroun yabaye igihugu cya mbere cyaguze peteroli y’uruganda rwa Dangote

Ikigo cya ’Dangote Petroleum Refinery and Petrochemicals’ gicukura kikanacuruza peteroli muri (…)

U Bushinwa bwabwiye USA ko kubusuzugura ari ukubura ubwenge

Ambasaderi w’u Bushinwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Xie Feng yashimangiye ko gukeretsa (…)

Kuri Mars habonetse ikimenyetso cyatumye hakekwa ko higeze ubuzima

Abashakashatsi mu by’isanzure batunguwe cyane n’amakuru yagaragajwe n’icyogajuru cy’Abanyamerika (…)

Indege RDC yaherukaga gutira mu Bufaransa yagonze

Indege nshya iri muri ebyiri Repubulika ya Demokarasi ya Congo iheruka gutira mu rwego rwo (…)

Minicom yahawe ukwezi kumwe ko gukemura ikibazo cy’umuceri uhombera abaturage

Abadepite bagaragaje ko urwego rw’ubuhinzi rwugarijwe n’ibibazo bitandukanye birimo ikibazo (…)

EU yaciye Meta amande ya miliyoni 840$ kubera facebook Marketplace

Ikigo cy’ikoranabuhanga kibarizwamo imbuga nkoranyambaga za Facebook, Instagram na Whatsapp, (…)

Tanzania yasubije abacuruzi bo mu Rwanda bacunaguzwa iyo bajyanyeyo amata

Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko hagiye gusuzumwa imbogamizi zagaragajwe n’Abanyarwanda (…)

Ishusho y’ubucuruzi hagati y’u Rwanda n’u Burundi nyuma y’ifungwa ry’imipaka

Amezi 11 agiye gushira Leta y’u Burundi ifunze imipaka yose yo ku butaka ihuza iki gihugu n’u (…)

ONU iravuga ko miliyoni 25 z’abanyagihugu ba DR Congo bugarijwe n’inzara

Umuryango w’abibumbye uravuga ko abaturage barenga kimwe cya kane cy’abatuye Republika ya (…)

RDC:Bari mu gahinda nyuma y’aho Bus z’ikigo cy’igihugu z’ubwikorezi rusange zahiye zirakongoka

Bus z’Ikigo cy’ikigo cy’igihugu cy’ubwikorezi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Transco, (…)

Raporo: U Burundi bwongeye kwegukana umwanya wambere ku Isi mu bihugu byugarijwe n’inzara

Raporo y’Ikigo Global Hunger Index yasohotse mu cyumweru gishize, yashyize u Burundi ku mwanya (…)

Agashya,Elon Musk yamuritse umushinga w’imodoka zitagira ‘volant’ na ‘pédales’

Umuherwe Elon Musk yamuritse umushinga wo gutangira gukora imodoka z’imiryango ibiri zitwara (…)

USA: Miliyoni z’Abaturage Ntamashyarazi Bafite Kubera Serwakira Milton

Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika abantu miliyoni eshatu babuze amashanyarazi n’impombo z’amazi (…)