skol
fortebet

Nigeriya nayo yemeje urukingo rwa Malariya nyuma ya Ghana yabimburiye ibindi ku isi

Yanditswe: Tuesday 18, Apr 2023

featured-image

Sponsored Ad

Igihugu cya Nigeriya cyabaye igihugu cya 2 muri Afurika cyemeje urukingo rwa Malariya nyuma y’uko igihugu cya Ghana kibimburiye ibindi kwemeza uru rukingo.

Sponsored Ad

Igihugu cya Nigeriya cyabaye igihugu cya 2 muri Afurika cyemeje urukingo rwa Malariya nyuma y’uko igihugu cya Ghana kibimburiye ibindi kwemeza uru rukingo.

Uru rukingo rushya rwa Malariya rwavumbuwe n’abahanga muri siyansi bo muri kminuza ya Oxford

Nigeriya yateye iyi ntambwe nyuma y’iminsi mike Ghana nayo yemeje urukingo rwa (R21) nk’urukingira marariya,ibimburira ibindi ku isi.

Mojisola Adeyeye ukuriye urwego rushinzwe inking n’imirire muri Nigeriya yavuze ko urukingo rwa Marariya ruzakoreshwa mu kuyirinda abana bari hagati y’amaezi 5 n’imyaka 3 nk’ikiciro ikunda kwibasira.

Kwemeza urwo rukingo ngo ntibyatunguranye cyane kuko rwemejwe nyuma yo kurugerageza kenshi kandi rugatanga ikizere ku kigero cya 80% cyo gukingira Marariya.

Kugeza ubu Nigeriya nicyo gihugu gikunze kwibasirwa na Malariya kurusha ibindi muri Afurika no ku isi , kuko habarurwa umubare mu nini w’abo ihitana.

Malariya yica byibura abantu 6000 ku isi buri mwaka, kandi benshi muri bo biganjemo abana, bakomoka muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa