skol
fortebet

Papa Fransisiko ntakigiye muri Libani kubera uburwayi, gusa kuza muri DRC byo birakomeza

Yanditswe: Tuesday 10, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Papa Faransisiko yasubitse urugendo yari kuzagira muri Libani mu kwezi gutaha kwa gatandatu kumpamvu y’uko ubuzima bwe butameze neza.

Sponsored Ad

Papa Faransisiko yasubitse urugendo yari kuzagira muri Libani mu kwezi gutaha kwa gatandatu kumpamvu y’uko ubuzima bwe butameze neza.

Umu minisiteri ushinzwe ba Mukerarugendo muri Libani , Walid Nassar, ntiyavuze ibibazo by’ubuzima cyangwa indwara Papa arwaye, icyakora ngo akunze kura uburibwe mu ivi.

Ibirobishinzwe gutanga amakuru i Vatikani byemeje ko urwo rugendo rutakibaye nkuko rwari rwarateganijwe, ariko kandi nta ntabisobanuro byatanzwe.

Amakuru ava i Vatikani igitangazamakuru cy’Abafaransa AFP gifite avuga ko kugeza ubu ntacyirahinduka ku rugendo umukuru wa kiliziya Gatorika ku isi ateganya ku girira muri Repubulika ya demokarasi ya Congo(DRC) no muri Sudani y’Amajyepfo mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka.

Libani n’ igihugu kirimo abakirisitu benshi mu karere k’amajyaruguru yo hagati. Papa Fransisiko mu mezi ashize yakiriye perezida na minisitiri w’intebe muri Libani, mu rugendo bagiriye i Vatikani.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa