skol
fortebet

Somaliya : Inzara imaze guhitana abaturage bakabakaba 500. Byatewe n’iki?

Yanditswe: Wednesday 08, Jun 2022

featured-image

Sponsored Ad

Imibare igaragaza ko abantu barenga 448 bahitanywe n’amapfa mu gihugu cya Somaliya muri uyu mwaka.

Sponsored Ad

Imibare igaragaza ko abantu barenga 448 bahitanywe n’amapfa mu gihugu cya Somaliya muri uyu mwaka.

Amvuriko asanzwe akurikirana indwara ziterwa n’imirire itaboneye cyangwa ibiryo bihagije akorera muri icyo gihugu niyo yahamirije itangazamakuru ry’abongereza iyo mibare.

Muri iki gihe abategetsi mu bihugu by’akarere harimo Somaliya, Etiyopiya na Kenya nabo barakora ubutitsa ngo bahangane n’aya mapfa.

Amakuru akomeza avuga ko hari abandi bantu benshi bagenda bitaba Imana ariko ubuyobozi bwabo nti bubimenye

Owliyo Hassan Sallad ni umubyeyi wivugiye ko ubwe yabuze abana biwe bagera muri 4 uyu mwaka kandi bose bazize inzara .bose bari munsi y’imyaka 10.

Abicwa ninzara biganje mu baba bagendagenda bashaka icyo barya nababa bari mu nzira berekera mu makambi babonamo ubufasha bw’ibiribwa.

Uruzuba rwinshi rwibasiye bihugu byo mw’ihembe rya Afrika, ariko uyu mwaka ntibianzwe. Ibikowa by’abagiraneza byaragabanutse cyane bivuye ku kiza cya Covid 19 hamwe n’intambara y’Uburusiya muri Ukraine.

UNICEF ivuga ko mw’ihembe rya Afrika hagiye kwiyongera impfu zibasira abana mu buryo bukabije niba isi ikomeje guhanga amaso intamabara ya Ukraine Gusa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa