
Umubyeyi wo muri Kenya ari mu gahinda kenshi nyuma yo kubyara abana batanu bose bagahita bapfira icyarimwe.
Aba bana batanu bari bavukiye mu bitaro bya Nakuru bose bahise bapfa nyuma gato y’uko nyina w’imyaka 25 amaze kubabyara mu ijoro ryo kuwa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2021.
Abana bapfiriye mu bitaro byitwa Nakuru Level V, bari bagizwe n’abakobwa 4 n’umuhungu umwe.Icyakora ntabwo Polisi iravuga kuri aka (...)
Umubyeyi wo muri Kenya ari mu gahinda kenshi nyuma yo kubyara abana batanu bose bagahita bapfira icyarimwe.
Aba bana batanu bari bavukiye mu bitaro bya Nakuru bose bahise bapfa nyuma gato y’uko nyina w’imyaka 25 amaze kubabyara mu ijoro ryo kuwa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2021.
Abana bapfiriye mu bitaro byitwa Nakuru Level V, bari bagizwe n’abakobwa 4 n’umuhungu umwe.Icyakora ntabwo Polisi iravuga kuri aka kaga.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *