Abanya Kenya kuri uyu wa kabiri tariki ya 08 Kanama 2017, babyukiye mu gikorwa cyo matora gutora umukuru w’igihugu aho aba mbere mu masaha ya saa cyenda z’igicuku bari bageze ku biro by’itora....
Barafinda n’umugore ku munsi w’itora kuri King David Academy aho batoreye
Barafinda Sekikubo Fred wagerageje kwiyamamariza kuzayobora u Rwanda ariko Komisiyo y’Amatora ikanga kwemeza kandidature...
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 08 Kanama 2017 nibwo hategerejwe umukino uraza guhuza ikipe yatwaye igikombe cya UEFA Champions League Real Madrid n’iyatwaye UEFA Europa League Manchester United...
Umuhanzikazi w’icyamamare ku mugabane wa Amerika ndetse no ku isi yose muri rusange, Rihanna, yagaragaye mu myambaro idasanzwe yamugaragazaga imwe mu myanya y’ibanga y’umubiri we, abantu bamwibazaho...