skol
fortebet

Abashinwa bashimuswe n’umutwe wa CODECO muri Ituri bari mu kaga gakomeye

Yanditswe: Friday 12, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Abaturage bo mu bushinywa bakorera muri Congo bashimutiwe mu bitero byagabwe I Bwaga muri (Ituri) mu giturage cya aba baguye mu gico cy’abarwanyi ba Lisey.

Sponsored Ad

Abaturage bo mu bushinywa bakorera muri Congo bashimutiwe mu bitero byagabwe I Bwaga muri (Ituri) mu giturage cya aba baguye mu gico cy’abarwanyi ba Lisey.

Aba baguye mu gico cy’abarwanyi b’inyeshyamba za CODECO ari 6, babiri muri bo barabarekura nyuma y’ubufasha bw’igisirikare cya FARDC, abanda bane (4) barabagumana kugera n’ubu ntibararekurwa nk’uko byatangajwe na lt Jules Ngongo uyobora ingabo za Congo muri ako gace.

Abayobozi b’icyaro cya Banyali-Kilo nio bemeje ko inyashyamba za CODECO arizo ziri inyuma y’icyo gitero cyagabwe ku rusengero rwa / « Bon Temple de Dieu ». birangira bashimuse abo bashinwa

Andi makuru ava muri ako gace ashimangira ko abasirikare 3 bari barinze ako gace nabo bishwe undi arakomereka mu kirombe cy’amayuye y’agaciro gicukurwa n’abashinwa.

Uyu muyobozi w’icyaro cya Banyali-Kilo, Innocent Madukadala, yatangaje urundi rupfu rw’abantu 13 biciwe muri icyo gitero.

Nubwo bimeze bityo ariko abarwanya ba CODECO binyuze mu muvugizi wabo, bavuze ko nta ruhare bafite muri izompfu zose bashinjwa.

Mbere yo gushimota abo ba chinoi kandi habanje igikorwa cyo gusaka no gusahura ibikoresho byabo cy’agaciro birimo na amabuye ya zahabu bari babitse.

Mu cyumweru gishize umutwe wa CODECO wateje akaduruvayo nk’aka mu giturage cya Madombo cyo muri Kirongozi. Nk’uko Radio Okapi dukesha iyi nkuru yabyanditse.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa