
Polisi y’u Burundi mu ijoro ryacyeye yarasiye abantu batatu mu ntara ya Ngozi ho mu majyaruguru y’u Burundi, parapfa.
Byabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira ku wa Gatandatu tariki ya 26 Ugushyingo 2024.
Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko uru rugomo rwatewe n’“ubusinzi ndetse n’imyitwarire mibi y’abapolisi bakorera kuri Sitasiyo ya Ngozi”.
Kuri ubu abakoze buriya bwicanyi amakuru avuga ko bamaze gutabwa muri yombi na Polisi y’u Burundi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *