skol
fortebet

DRC: Babiri bashinjwa gukorana na ADF bakatiwe imyaka 20 y’igifungo

Yanditswe: Tuesday 10, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Abagabo babiri b’aba Congomani nibo bakatiwe imyaka 20 y’igifungo nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kuba mu mutwe witwaje intwaro urwanya Leta ya Uganda ADF n’ubufatanya cyaha mu bikorwa by’ubwicanyi byakorewe muri Beni.

Sponsored Ad

Abagabo babiri b’aba Congomani nibo bakatiwe imyaka 20 y’igifungo nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kuba mu mutwe witwaje intwaro urwanya Leta ya Uganda ADF n’ubufatanya cyaha mu bikorwa by’ubwicanyi byakorewe muri Beni.

Urukiko kandi rwategetse aba bagabo Kyanza Mabimbi na Kambale Pelekini kwishyura amadorari 150$ buri umwe y’urubanza.

Urukiko nyuma y’amezi ane hafunguwe iburanisha mu ruhame ku barwanyi ba ADF na Mai-Mai ndetse na bagenzi babo, urukiko rw’abasirikare ba Beni rumaze gukatira abarwanyi 18 ba Mai-Mai n’abarwanyi 28 ba ADF na bagenzi babo.

Amakuru avuga ko muri aba baburanishwa n’urukiko rwa gisirikare muri beni bashinjwa gukorana n’umutwe ADF, harimo Abanyekongo, Umunyakenya, Umunyarwanda n’Abagande babiri.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa