skol

Hagaragaye indege za gisirikare igihugu cya RDC kigiye kwifashisha mu guhangana n’umwanzi [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 04, Nov 2022

featured-image

Igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo gikomeje kurwanya inyeshyamba za M23 zigaruriye uduce twinshi cyane twa Rutshuru.
Mu gihe iki gihugu gikomeje gushinja u Rwanda gufasha uyu mutwe kugihungabanyiriza umutekano,hagiye hanze indege z’intambara gitunze gishobora gukoresha mu kwivuna umwanzi.
Bimwe mu bihuha biravuga ko izi ntwaro zikomeye bazazifashisha mu gutera u Rwanda gusa RDC ntiratangaza ko yiteguye kujya mu mirwano narwo.
Izi ntwaro zigaragiwe n’indege z’intambara, (…)

Igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo gikomeje kurwanya inyeshyamba za M23 zigaruriye uduce twinshi cyane twa Rutshuru.

Mu gihe iki gihugu gikomeje gushinja u Rwanda gufasha uyu mutwe kugihungabanyiriza umutekano,hagiye hanze indege z’intambara gitunze gishobora gukoresha mu kwivuna umwanzi.

Bimwe mu bihuha biravuga ko izi ntwaro zikomeye bazazifashisha mu gutera u Rwanda gusa RDC ntiratangaza ko yiteguye kujya mu mirwano narwo.

Izi ntwaro zigaragiwe n’indege z’intambara, zirimo izo baherutse gukura mu gihugu cy’Uburusiya ubwo Minisitiri w’ingabo muri DRC yajyagayo mu ruzinduko rw’akazi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa