skol

Kenya: Umukinnyi ukomoka mu Rwanda yishwe n’abagizi ba nabi

Yanditswe: Monday 21, Aug 2023

featured-image

Umukinnyi wo gusiganwa ku maguru, Rubayita Siragi yaguye muri Kenya aho yazize abagizi ba nabi bamwishe.
Iyi nkuru y’incamugongo yasakaye ejo hashize ku Cyumweru tariki ya 20 Kanama 2023.
Rubayita wiciwe mu gihugu cya Kenya aho yaramaze iminsi abarizwa ,biravugwa ko yishwe nabagizi ba nabi aho bamuteze mu masaha y’ijoro maze bakamwica.
Muri Mutarama 2023, Rubayita Sirage yegukanye umudali wa Bronze nyuma yo kuba uwa 3 muri Huye Half Marathon, icyo gihe yakiniraga NAS.
Muri (…)

Umukinnyi wo gusiganwa ku maguru, Rubayita Siragi yaguye muri Kenya aho yazize abagizi ba nabi bamwishe.

Iyi nkuru y’incamugongo yasakaye ejo hashize ku Cyumweru tariki ya 20 Kanama 2023.

Rubayita wiciwe mu gihugu cya Kenya aho yaramaze iminsi abarizwa ,biravugwa ko yishwe nabagizi ba nabi aho bamuteze mu masaha y’ijoro maze bakamwica.

Muri Mutarama 2023, Rubayita Sirage yegukanye umudali wa Bronze nyuma yo kuba uwa 3 muri Huye Half Marathon, icyo gihe yakiniraga NAS.

Muri 2021, Rubayita wari ufite imyaka 34 yitabiriye Walk e Middle Distance Night, Arena Civica, Milano yabereye mu Butaliyani, icyo gihe yegukanye umwanya wa mbere.

Muri Kamena 2023 yitabiriye Kigai International Peace Half Marathon yabereye mu Rwanda i Kigali akaba yarasoreje ku mwanya wa 13.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa