skol
fortebet

M23 yari imaze iminsi icecetse yagabweho igitero na FARDC

Yanditswe: Tuesday 16, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umutwe witwaje itwaro wa M23 waramukiye mu mirwano n’ingabo z’igihugu cya Congo FARC.

Sponsored Ad

Umutwe witwaje itwaro wa M23 waramukiye mu mirwano n’ingabo z’igihugu cya Congo FARC.

Mu butumwa M23 yabyutse inyuza ku ubuga rwayo rwa Tweeter, yatangaje ko FARDC n’imitwe bakora ya FDRL irwanya leta y’u Rwanda n’umutwe wa Nyatura bayigabyeho igitero.

Iyi mirwano iri kubera mu duce two mu burasirazuba bwa Congo mu bice bisanzwe byarigaruriwe na M23 nka Bweza werekera ahitwa Tanda

N’imirwano M23 ivuga ko yirwanyeho nk’uko bisanzwe, gusa ngo ibitero igabwaho n’ibgabo zakongo bikomeje kwisubiramo.

Uyu mutwe watangaje ko utazigera uva muduce wafashe harimo n’umugi wa Bunagana uhuza congo n’igihugu cya Uganda, kugeza igihe leta ya DR Congo izemera kuganira nabo kandi ngo bakayisanga aho iri mu gihe kitarambiranye.

Aba baravuga ibi, mu gihe ingabo z’umuryango w’afurika y’uburasirazuba zatangiye kwinjira muri congo guhangana n’imitwe yitwaje intwaro rimo na M23.

Ku ikubitiro haravugwa ingabo z’uburundi zamaze kugera mu majyepfo ya Kivu, kandi bivugwa ko zije guhangana na M23 ku bufatanye na FARDC ya congo
Ubwo byatangazwaga ko izi ngabo zizaza, M23 yavuze ko ntabwo biyiteye kandi ko yiteguye guhagarara ku ijambo ryayo ryo guharanira uburenganzira bw’abanyekongo ku kigero kingana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa