Umutekano
RDC: Inyeshyamba za CODECO zishe abaturage 12 mu gitero bagabye i Mambisa
Yanditswe: Saturday 01, Apr 2023
Abantu 12 bishwe mu gitero cyagabwe ku wa gatanu tariki ya 31 Werurwe n’inyeshyamba za CODECO
Abantu 12 bishwe mu gitero cyagabwe ku wa gatanu tariki ya 31 Werurwe n’inyeshyamba za CODECO
Agace aba baturage biciwemo n’agacukurwamo amabuye y’agaciro ya Wala no mu yindi midugudu itanu yegeranye nk’uko ubuyobozi bwa Mambisa mu karere ka Djugu babitangaje
Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko abasirikare bitwaje intwaro nyinshi babateye banabatwikira inzu bituma abaturage bata ingo nzabo ubu bari ku gasozi.
FARDC yagize icyo ikora kugira ngo ihige uyu mutwe witwaje intwaro no kuwukumira byimbitse kugirango barinde abaturage.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *