skol

Umutekano

Ubutegetsi bwa Kinshasa bwashinje AFC/M23 gushaka gufata Uvira

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje ingabo za AFC/M23 gushaka kwambura FARDC ibice (…)

Imashini zohereza amavuta muri moteri zari zifunze: Raporo y’iperereza ku mpanuka y’indege yahitanye abantu 260

Raporo y’ibanze ku cyateye impanuka y’indege ya Air India yabaye ku wa 12 Kamena 2025 igahitana (…)

Abarundi baratakamba ngo imipaka y’u Burundi n’u Rwanda ifungurwe

Abarundi by’umwihariko abatuye mu majyaruguru y’u Burundi baratakambira ubuyobozi bwabo kugira (…)

Yibagiriwe umugore we ku nzira amwibuka agenze ibilometero 300

Mu Bufaransa, umugabo w’imyaka 62 yahamagaye serivisi za polisi zishinzwe ubutabazi bwihutirwa, (…)

Amerika: Donald Trump yasuye Texas nyuma y’icyumweru yibasiwe n’umwuzure

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Nyakanga, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald (…)

Ukraine:Maneko wo ku rwego rwo hejuru yishwe arashwe

Abategetsi bavuze ko maneko wo ku rwego rwo hejuru wa Ukraine yishwe arashwe ku manywa y’ihangu (…)

U Burusiya bwagabye igitero n’indege i Kiev gihitana babiri

Igitero cy’Abarusiya mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane kuri Kiev cyahitanye abantu babiri, nk’uko (…)

Imipaka ihuza Uganda n’ibice M23 yafashe yongeye gufungurwa

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yatanze amabwiriza y’uko imipaka (…)

Gukuramo inkweto ngo usakwe ku kibuga cy’indege muri America ntibikiri itegeko

Itegeko ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryasabaga abagenzi ku kibuga cy’indege gukuramo (…)

Ingabo Z’Uburundi Zongejwe Amezi Atandatu Muri Somalia

Ubuyobozi bwa Afurika yunze ubumwe bwanzuye ko ingabo z’Uburundi zisanzwe zikorera muri Somalia (…)

Nibura abantu 11 nibo bapfiriye mu myigaragambyo yatumye ubuzima buhagarara I Nairobi ufunzwe

Nibura abantu 11 bamaze kugwa mu myigaragambyo yo kwamagana Leta muri Kenya, ndetse abandi 567 (…)

U Burusiya: Minisitiri yiyahuye nyuma yo kwirukanwa na Perezida Putin

Roman Starovoit wari Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya yiyahuye nyuma y’amasaha make (…)

Abasirikare ibihumbi 60 ba RDC biteguye kwisubiza ibice AFC/M23 igenzura

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse ko mu (…)

Ibihugu bya EU byashinje u Burusiya gukomeza gukoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine

Inzego z’ubutasi zo mu Buholandi n’u Budage zatangaje ko zimaze gukusanya ibimenyetso (…)

U Bwongereza: Habonetse inkweto zimaze imyaka 2000 zifite uburebure budasanzwe

Umuryango wa Vindolanda Charitable Trust, ucukumbura, ukarinda ibisigaratongo by’amateka (…)