skol

Umutekano

Ingabo ziri ku rugamba ’zahawe uburyo’ – Guverineri wa Kivu y’Epfo nyuma yo guhura na Tshisekedi

Ingabo za leta ziri ku rugamba n’umutwe wa M23 mu ntara ya Kivu y’Epfo "zahawe uburyo", nk’uko (…)

Iran yashwishurije Trump ushaka kuyibuza gukora intwaro za kirimbuzi

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yashwishurije mugenzi we, Donald Trump, amubwira ko nta (…)

M23 yafashe agace ka Kaziba

Mu mirwano yabaye ku munsi wo kuwa mbere M23 yafashe agace ka Kaziba muri operation yagoye (…)

Uganda yohereje ingabo zidasanzwe muri Sudani y’Epfo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda yavuze kuri uyu wa Kabiri ko igihugu cye cyohereje ingabo (…)

Ibitero by’indege ya gisirikare i Minembwe n’icyo barimo kubivugaho...

Indege y’intambara y’ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo) ku wa mbere (…)

I Kaziba, Ingabo z’Uburundi zahahuriye n’uruva gusenya

Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 10 Werurwe wigaruriye agace ka Kaziba ko mu ntara ya Kivu (…)

RDC yishyuye ibitangazamakuru mpuzamahanga ngo biyifashe guharabika AFC/M23

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yishyuye ibitangazamakuru 13 birimo ibiri (…)

M23 yafashe agace k’ingenzi muri Masisi

Abarwanyi b’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

DR Congo: M23 ’irimo kwiyubaka’, Kinshasa irasaba ubufasha Washington

Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’uruhande rwa leta yongeye kuvugwa mu mpera z’icyumweru (…)

M23 yavuze ko itazarebera RDC iyirasaho ikica n’Abanyamulenge

Umuyobozi w’Umutwe wa M23 Bertrand Bisimwa,uwo mutwe ayoboye utazarebera ubwicanyi bukorwa na (…)

Korea ya Ruguru yateguje igisubizo ku bwato bw’intambara Amerika yohereje muri Korea y’Epfo

Kim Yo Jong, mushiki w’umuyobozi wa Korea ya Ruguru, Kim Jong Un, yise kohereza ubwato bwa (…)

Umuryango w’Abibumbye urashinja M23 gushimuta abarwayi

Kuri uyu wa Mbere, itariki 03 Werurwe 2025, Umuryango w’Abibumbye wavuze ko inyeshyamba M23 (…)

Wazalendo na AFC/M23 babyutse barasanira i Bukavu

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu mujyi wa Bukavu, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 (…)

M23 yasubije inyuma Wazalendo yagerageje kwinjira i Bukavu

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Abarwanyi barenga 40 ba al Shabaab biciwe mu gikorwa cy’Ingabo za Somaliya

Abarwanyi barenga 40 bo mu mutwe witwaje intwaro wa kisilamu wa al Shabaab biciwe mu gikorwa cya (…)