skol

Umutekano

Syria: Perezida Bashar Al Assad yahunze igihugu

Perezida Bashar al Assad yahunze umurwa mukuru, Damascus, mu ndege yerekeje ahantu hatazwi, (…)

Espagne yikuye mu mugambi wa Amerika wo Guha Israel Intwaro

Inzego z’iperereza zo muri Amerika zarakajwe n’ibyo zise ‘kubangama’ nyuma y’uko ubwato butatu (…)

Abagerageje kongera kwigaragambya barashwe barapfa muri Mozambique

Abanya-Mozambique 12 barashwe mu cyico abandi 34 bakometswa n’amasasu, mu myigaragambyo yabaye (…)

Igisirikare cya Kongo na M23 bakomeje imirwano ikaze mu majyepfo ya Teritwari ya Lubero

Nyuma y’imirwano yiriwe umunsi wose kuwa Gatatu, muri iki gitondo cyo kuwa Kane, itariki 5 (…)

Icyihishe inyuma y’ubufatanye bw’ingabo za Uganda n’iza RDC muri Operation Shujaa

Kuva tariki ya 30 Ugushyingo 2021, Ingabo za Uganda (UPDF) ziri kwifatanya n’iza Repubulika (…)

Sudani yashinje UAE na Tchad gufasha inyeshyamba

Guverinoma ya Sudani yashinje Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) na Tchad gutanga ubufasha ku (…)

Uganda: Umubare w’abahitanywe n’inkangu umaze kugera kuri 28

Umubare w’abantu bamaze guhitanwa n’inkangu mu burasirazuba bwa Uganda ukomeje kuzamuka aho (…)

M23 na FARDC bari kurwana bikomeye bava Lubero basatira Umujyi wa Butembo

Imirwano yongeye kubura muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 3 Ukuboza 2024 mu (…)

Abasirikare ba Ukraine bari mu Burusiya basabwe kuhizirika bagategereza Trump nu bananiwe

Nyuma y’amezi hafi ane ingabo za Ukraine zigabye igitero gitunguranye mu karere ka Kursk ko mu (…)

RDC yakatiye urwo gupfa Umusirikare wari mu barinda Perezida Tshisekedi

Urukiko rwa gisirikare rwa Goma, muri Kivu y’Amajyaruguru, kuwa Gatandatu ushize rwakatiye (…)

Lubero: M23 yongeye kuramukira mu mirwano na FARDC n’i mitwe bafatanya

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza 2024, waramukiye mu mirwano n’ihuriro (…)

Inzoka y’ubumara yatondagire ukuguru kw’umushoferi mu muhanda munini atwaye

Byabaye ngombwa ko umushoferi ahagarara mu buryo butunguranye mu muhanda munini wo mu mujyi wa (…)

Isiraheri yishe agahenge yongeye Kugaba Ibitero ku Birindiro bya Hezbollah

Isiraheri yagabye ibitero by’indege muri Liban ivuga ko byari bigambiriye ibikorwa by’umutwe wa (…)

Kenya na Uganda mu ngamba zo kunga Ethiopia na Somalia

Perezida William Samoei Ruto wa Kenya na Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda biyemeje kunga (…)

Abasirikare b’u Burundi banze kurwana na M23 basabiwe igihano gisumba icyo bari barakatiwe

Ubushinjacyaha bw’Igisirikare cy’u Burundi bwasabiye abasirikare 272 banze kurwana n’umutwe (…)