skol

Umutekano

Umwihariko wa Oreshnik, igisasu gishya cy’u Burusiya kigendera ku muvuduko wa 12 000 km/h

U Burusiya bwakoze igisasu kidasanzwe, gishobora kurasa mu ntera ndende ariko idakabije, (…)

Uganda: Haravugwa impanuka yakomerekeyemo Abajenerali batatu na Minisitiri

Abasirikare batatu ba Uganda bafite amapeti yo mu cyiciro cya ‘Général’ n’Umunyamabanga wa Leta (…)

Perezida Putin yaburiye ibihugu biri gutanga intwaro ngo u Burusiya buterwe

Perezida w’u Burusiya, Vladimir putin, yihanangirije ibihugu biha intwaro Ukraine kugira ngo (…)

Goma: Ingabo z’Igihugu FARDC zasakiranye n’urubyiruko Wazalendo bihereye intwaro

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 22 Ugushyingo 2024, mu gace ka Kanyaruchinya, muri Teritwari ya (…)

Amerika yanze umwanzuro wo guhagarika imirwano muri Gaza ikomeje kuyogoza benshi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifashishije ijambo rikomeye zifite mu Kanama k’Umuryango (…)

Putin yaburiye Amerika n’u Bwongereza

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, yatanze umuburo w’uko na we ashobora kurasa ku bihugu biri (…)

ICC yasohoye impapuro zo guta muri yombi Netanyahu n’uwari minisitiri w’ingabo wa Israel

Kuri uyu wa Kane, itariki 21 Ugushyingo 2024, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwasohoye (…)

Isiraheli yishe Abanyapalisitina 17 mu bitero yagabye kuri Gaza

Abayobozi bashinzwe ubuzima mu ntara ya Gaza, kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 20 Ugushyingo 2024, (…)

Ambasade ya Amerika i Kyiv yafunze imiryango nyuma yo kwikanga kuraswaho n’u Burusiya

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ugushyingo 2024, Ambasade ya Amerika i Kyiv yafunze imiryango (…)

U Budage bwihanangirije u Bushinwa bushinjwa gufasha u Burusiya mu ntambara na Ukraine

Mu nama y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) yabereye (…)

U Budage bugiye guha Ukraine drones z’intambara zikoresha AI

U Budage bwemeye gutanga drones 4000 z’intambara zikoresha ikoranabuhanga ry’Ubwenge Bukorano (…)

Hagiye gushyirwaho amabwiriza y’ikoreshwa ry’ibinyabutabire byangiza mu basirikare ba EAC

Itsinda ry’impuguke mu ngeri zinyuranye zo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) (…)

DRC: Abateye Ikambi ya Baraka Bafashe ku Nguvu Abagore 9 Bakomeretsa 13

Abagore 9 bafashwe ku ngufu abandi bantu 10 barakomereka mu gitero cy’abagizi ba nabi mw’ijoro (…)

Sake: Hari ubwoba bw’imirwano ikomeye ishobora kongera gusakiranya M23 na FARDC

Amakuru aturuka i Sake muri Teritwari ya Masisi aravuga ko ingabo za Repubulika Iharanira (…)

Tanzania: Perezida Suluhu yategetse ko inyubako zose zigenzurwa nyuma y’uko Imwe igwiriye abantu

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yategetse ko hashyirwaho itsinda rishinzwe gukora (…)