U Burusiya bwakoze igisasu kidasanzwe, gishobora kurasa mu ntera ndende ariko idakabije, (…)
Abasirikare batatu ba Uganda bafite amapeti yo mu cyiciro cya ‘Général’ n’Umunyamabanga wa Leta (…)
Perezida w’u Burusiya, Vladimir putin, yihanangirije ibihugu biha intwaro Ukraine kugira ngo (…)
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 22 Ugushyingo 2024, mu gace ka Kanyaruchinya, muri Teritwari ya (…)
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifashishije ijambo rikomeye zifite mu Kanama k’Umuryango (…)
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, yatanze umuburo w’uko na we ashobora kurasa ku bihugu biri (…)
Kuri uyu wa Kane, itariki 21 Ugushyingo 2024, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwasohoye (…)
Abayobozi bashinzwe ubuzima mu ntara ya Gaza, kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 20 Ugushyingo 2024, (…)
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ugushyingo 2024, Ambasade ya Amerika i Kyiv yafunze imiryango (…)
Mu nama y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) yabereye (…)
U Budage bwemeye gutanga drones 4000 z’intambara zikoresha ikoranabuhanga ry’Ubwenge Bukorano (…)
Itsinda ry’impuguke mu ngeri zinyuranye zo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) (…)
Abagore 9 bafashwe ku ngufu abandi bantu 10 barakomereka mu gitero cy’abagizi ba nabi mw’ijoro (…)
Amakuru aturuka i Sake muri Teritwari ya Masisi aravuga ko ingabo za Repubulika Iharanira (…)
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yategetse ko hashyirwaho itsinda rishinzwe gukora (…)