skol

Umutekano

MONUSCO yashinje M23 kugira intwaro zihambaye no kubangamira abasivile

Intumwa yihariye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo y’umunyamabanga mukuru w’umuryango (…)

Hamenyekanye ukuri ku byavuzwe ko Perezida Museveni yari akorewe Kudeta ari I Kigali

Ubuyobozi bw’urwego rushinzwe Iperereza muri Uganda buvuga ko amakuru yakuruwe n’inzego (…)

Nyuma yo gukaza imirwano kwa M23 ,Ubwoba ni bwose mu banyarwanda batuye muri Congo

Nyuma yo gukaza imirwano kwa M23 ,Ubwoba ni bwose mu banyarwanda batuye muri Congo

Ingabo z’u Rwanda ziri gutenguhwa n’iza Mozambike mu rugamba rwo guhashya ibyihebe muri Cabo Delgado

Urugamba rwo kurwanya ibyihebe byigabije Intara ya Cabo Delgado rukomeje guhindura isura umunsi (…)

AU yasabye Ethiopia na Sudan biri kurebana ay’ingwe kwirinda kurwana

Umukuru w’akanama k’umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU/UA) yasabye ko habaho "kwifata, ituze (…)

Boris Johnson yemeje ko Putin atari gutera Ukraine iyo aba ari umugore

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yavuze ko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin (…)

Umusirikare wa RDC warasiwe ku butaka bw’u Rwanda yiswe intwari mu kumusezeraho [AMAFOTO]

Sgt Mokili Kingombe Bebe,wishwe n’Abapolisi b’u Rwanda ubwo yarengaga umupaka akinjira ku butaka (…)

M23 iravugwaho kongera guha isomo FARDC mu gitondo

Umutwe wa M23 biravugwa ko wakubise inshuro FARDC yabarwanaga ikarenga Shangi na Ruvumu,aba (…)

Mozambike yasubije abafite urwikekwe ko u Rwanda ruri gusahura zahabu yayo

Ambasaderi wa Mozambique mu Rwanda, Amade Miquidade, yapfobeje ubwoba bw’uko u Rwanda rushobora (…)

Igitero cy’Uburusiya ku iduka ni icyaha cyo mu ntambara – abategetsi ba G7

Abantu batari munsi ya 18 bapfiriye mu gitero cya misile ku iduka rinini ryo mu mujyi wa (…)

Kuki umutwe w’ingabo za EAC utaroherezwa muri DR Congo?

Ibyumweru bibiri bigiye gushira perezida Uhuru Kenyatta asabye ko umutwe w’ingabo uhuriweho muri (…)

Abasirikare b’Uburusiya bafashwe amashusho bari kwiba ibinyampeke bya Ukraine

Iperereza rya BBC ryabonye gihamya ko abasirikare b’Uburusiya bigaruriye ibice bimwe bya Ukraine (…)

Nigeriya:Umuturage yahawe ububasha bwo kujya yirindira umutekano

Abategetsi bo muri leta ya Zamfara mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria basabye ko (…)

M23 yabihije ibirori by’AbanyeCongo bishimiraga ko Gen Makenga uyiyobora yapfuye

Ku munsi w’ejo hiriwe ibihuha muri Congo ko ingabo za FARDC zishe Gen Sultani Makenga,umuyobozi (…)

Gen.Chico ushinzwe abarinda Tshisekedi yarashwe na M23 yari yarahiriye gushyingura Bunagana

Gen.Chico Tshitambwe wari umuyobozi w’abajepe barinda Perezida Tshisekedi wari woherejwe (…)