skol

Umutekano

Umunyamakuru w’Umurusiya yiguranye abahunze muri Ukraine

Umwanditsi mukuru w’Umurusiya w’ikinyamakuru cyigenga Novaya Gazeta yagurishije muri cyamunara (…)

Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda ari mu bateguye umutwe w’ingabo wo kujya gufasha RDC

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen. Jean Bosco Kazura yari mu Bagaba Bakuru b’Ingabo zo mu (…)

M23 yongeye gushwiragiza FARDC ifata undi mupaka

Umutwe wa M23 wemeje ko wamaze gufata umupaka wa Kitagoma, nyuma y’imirwano ikomeye yawuhuje (…)

Ibyo wamenya ku ngabo za EAC zigiye koherezwa muri RDC guhashya imitwe irimo na M23

Abakuru b’Ibihugu bihuriye mu Muryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bemeje ishyirwaho (…)

Abayobozi ba Kivu y’Amajyaruguru basabye abaturage kwima amatwi ubusabe bwa M23

Nyuma y’amasaha make umutwe wa M23 ufunguye ku mugaragaro umupaka wa Bunagana uhuza Uganda na RD (…)

Mali: Ibyihebe bimaze kwica abaturage basaga 130

Abakekwa kuba abajihadiste bishe abasivile barenga 130 muri Mali mu mpera z’icyumweru gishize (…)

Imyanzuro yihariye yafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC ku kibazo cya RDC

Imyanzuro y’ibiganiro byahuje abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC yabereye I Nairobi (…)

Inama y’abaperezida ba EAC yiga ku kibazo cya RDC yitabiriwe bishimishije

Aba Perezida ba EAC bahuriye mu Nama i Nairobi mu kwiga ku kibazo cy’umutekano muke uri mu (…)

FLN yavuze ku gitero yashinjwe gukora ku modoka itwara abagenzi i Nyamagabe

Umutwe w’Iterabwobwa wa FLN wahakanye igitero wagabye ku modoka itwara abagenzi mu mpera (…)

MONUSCO yarashweho ibisasu 6 bikomeye hatungwa agatoki M23

Umutwe w’ingabo z’umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo, (…)

Goma: Abanyekongo barigaragambya uyu munsi batwika ibicuruzwa bikorerwa mu Rwanda

Abanyekongo batuye I Goma batangaje ko uyu munsi bateganya gukora indi myigaragambyo iraba ari (…)

Perezida Kenyatta yahamagaje inama y’aba Perezida ba EAC kubera ikibazo cya DR Congo

Perezida w’igihugu cya Kenya, Uhuru Kenyatta yahamagaje inama y’abakuru b’ibihugu bigize (…)

OTAN yatanze umuburo ukomeye ku ntambara yo muri Ukraine

Umukuru w’umuryango w’ubwirinzi bwa gisirikare bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) yaburiye ko uyu (…)

RDC yanze ubufasha bw’u Rwanda mu kuyifasha guhangana na M23 iyimereye nabi

Leta ya Kongo yanze ko u Rwanda rwagira ingabo mu mutwe w’Ingabo za EAC zasabwe na Perezida (…)

Perezida Putin yemeza ko ibihano byafatiwe Uburusiya birimo ’ubusazi kandi bitatekerejweho’

Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yavuze ko ibihano ibihugu byo mu burengerazuba byafatiye (…)