skol

Umutekano

Ukraine yigambye gusubiza inyuma abasirikare b’Uburusiya i Severodonetsk

Guverineri w’akarere muri Ukraine yavuze ko abasirikare b’igihugu cye bisubije igice cy’umujyi (…)

Hamenyekanye impamvu Ingabo z’u Rwanda n’izo mu bindi bihugu bya EAC zahuriye mu myitozo muri Uganda

Ingabo na Polisi ndetse na bamwe mu basivile baturutse mu bihugu bitandatu byo mu Muryango wa (…)

MONUSCO yahakanye ibyo gufatanya n’umutwe wa FDLR mu kurwanya M23

Ingabo za ONU muri Repubulika ya demokarasi ya Congo - MONUSCO zirahakana ibiherutse gutangazwa (…)

Perezida wa Ukraine yavuze ubutaka Uburusiya bumaze kubatwara n’umubare munini w’ingabo zabwo bamaze kwica

Perezida Volodymyr Zelensky yavuze ko Uburusiya ubu buri kugenzura ibice 20% by’ubutaka bwa (…)

U Rwanda rwanyomoje ibyavugwaga ko rwishe abakongomani babiri

Uhagarariye u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ambasaderi Vincent Karega (…)

"Turi igisirikare cyiza kurusha ibindi"-Umuvugizi wa FARDC asubiza uwari umubajije niba bahangana na RDF

Umuvugizi w’igisirikare cya RDC [cyitwa FARDC] Gen Maj Léon-Richard Kasonga yavuze ko (…)

Intumwa y’Umunyamabanga wa UN muri RDC yagaragaje inzira 3 zarangiza ’burundu’ ikibazo cya M23

Intumwa y’Umunyamabanga wa ONU muri DR Congo, Bintou Keita, yavuze ko igisubizo cya gisirikare (…)

US: Uwitwaje intwaro yinjiye mu bitaro arasa yica abantu 4

Abantu bane bishwe barashwe ku bitaro by’i Tulsa muri leta ya Oklahoma muri Amerika, nk’uko (…)

Uburusiya bwemeje ko US ’irimo kongera lisansi ku muriro’ kubera rokete zirasa kure ishaka koherereza Ukraine

Uburusiya bwashinje Amerika gushaka kongera igihe cy’intambara muri Ukraine nyuma yuko Perezida (…)

Uganda na RDC bongereye amasezerano y’imikoranire mu guhashya inyeshyamba za ADF

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 1 Kamena, ingabo za Uganda na Congo ziyemeje kongera amasezerano (…)

US igiye koherereza Ukraine rokete zirasa kure kurushaho

Perezida Joe Biden yavuze ko Amerika izoherereza Ukraine izindi rokete ziteye imbere kurushaho (…)

Ubushinwa bwashotoye byeruye Taiwan ishyigikiwe na Amerika

Taiwan ivuga ko yagabye mu kirere cyayo indege z’intambara zo gutegeka indege 30 z’intambara (…)

M23 yavuze ku birego RDC ishinja u Rwanda byo kuyitera inkunga mu ntambara

Umuvugizi wa M23,Willy Ngoma,yahakanye ibirego bikomeje gufata intera ko u Rwanda rurimo gufasha (…)

Perezida Zelensky yasohotse bwa mbere Kyiv asura ingabo ze ku rugamba

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yasuye abasirikare mu karere ka Kharkiv, kashegeshwe (…)

Donald Trump yibasiye Leta ya Biden ashinja kunanirwa kwita ku mutekano w’amashuri igaha akayabo Ukraine

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasabye abadepite b’iki gihugu (…)