skol

Umutekano

Ingabo z’u Burusiya zamaze kwinjira mu Murwa Mukuru wa Ukraine

Abasirikare b’Uburusiya bageze mu murwa mukuru Kyiv, nk’uko abategetsi baho babitangaje baciye (…)

Perezida wa Ukraine yanenze amahanga yabatereranye,avuga uko intambara ihagaze

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, ingabo (…)

Umukecuru w’Umunya Ukraine yaciye ibintu kubera ukuntu yahanganye n’abasirikare b’Uburusiya bafite intwaro

Umugore w’intwari w’umunya Ukraine,ari guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu (…)

Uburusiya bwaramutse bumena ibisasu mu mujyi wa Kyiv

Kuri uyu wa gatanu, ku munsi wa kabiri w’intambara itaherukaga Iburayi mu myaka mirongo ishize, (…)

Yatangiye kwivuna umwanzi!!! Ukraine yemeje ko yahanuye indege 6 z’Uburusiya inica abasirikare babwo 50

Igisirikare cya Ukraine kiravuga ko kishe “Abarusiya” 50 ndetse kikemeza ko cyahanuye indege 6 (…)

NATO/OTAN yemeje ko nta basirikare izohereza muri Ukraine ariko yiteguye guhangana n’Uburusiya [Yavuguruwe]

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza igisirikare cy’ibihugu biri mu Majyaruguru y’Inyanja ya (…)

Uburusiya bwatangiye ibitero bigari kuri Ukraine,Amerika iti "Ukraine ikeneye amasengesho y’isi yose"

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yatangaje kuri Twitter ko "Putin amaze gutangiza (…)

Uganda: Kakwenza Rukirabashaija uherutse guhunga yageze mu Budage

Umwanditsi Kakwenza Rukirabashaija wo muri Uganda wahuze iighugu cye mu byumweru bibiri bishize, (…)

Iran:Abapilote 2 batanze ubuzima bwabo kugira ngo batagusha indege mu baturage

Kuri uyu wa mbere indege y’intambara yashwanyukiye mu gace gatuwe ko mu mugi wa Tabriz mu (…)

Perezida Putin yemeje ko agiye kohereza ingabo muri Ukraine

Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yaraye avuze ijambo ryatumye ibihugu byinshi bihita bisaba (…)

Turukiya yemereye RDC inkunga yo kuyifasha guhashya imitwe y’Iterabwoba yoretse igihugu

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi, yatangaje kuri iki cyumweru ko (…)

Ubukwe bwahindutse umuborogo ubwo abantu 13 babutashye bapfiraga icyarimwe mu mpanuka

Polisi yo mu Buhinde yemeje ko abagore n’abakobwa 13 bapfuye nyuma yo kugwa mu kigega [iriba] (…)

Uburusiya buri gushaka imbarutso yo gutera Ukraine-US

Uburusiya buri guhimba impamvu yaba imbarutso yo gutera Ukraine mu minsi iri imbere, nk’uko leta (…)

Amerika yashinje Uburusiya kubeshya ko yakuye ingabo ku mupaka wabwo na Ukraine

Umutegetsi wo hejuru muri Amerika yatangaje ko ibyavuzwe n’Uburusiya ko buri kuvana zimwe mu (…)

Joe Biden yavuze ko bigishoboka cyane ko Uburusiya butera Ukraine

Perezida Joe Biden wa Amerika yavuze ko igitero cy’Uburusiya kuri Ukraine "kiracyashoboka (…)