skol

Umutekano

Guinea-Bissau: Perezida Embaló yatanze icyizere nyuma yo kurokoka abashaka kumuhirika ku butegetsi

Perezida wa Guinea-Bissau yavuze ko yarokotse igerageza ryo guhirika ubutegetsi bwe, nyuma yo (…)

OTAN iritegura intambara n’Uburusiya buramutse buteye Ukraine

Umuryango w’ubutabarane w’ibihugu bituriye amajyaruguru y’inyanja y’Atlantika, urimo urohereza (…)

Perezida Putin avuga ko US irimo kugerageza gushora Russia mu ntambara

Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yashinje Amerika kugerageza gushora igihugu cye mu ntambara (…)

Abantu ’benshi’ bishwe nyuma y’igerageza ryo guhirika ubutegetsi muri Guinea Bissau

Perezida wa Guinée-Bissau avuga ko igerageza ryo guhirika ubutegetsi muri iki gihugu cyo muri (…)

Abasirikare ba UK ’ntibishoboka’ ko bazarwana muri Ukraine – Truss

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwongereza Liz Truss yaburiye ko hari "inkeke ya nyayo" yuko (…)

RDF yateye ivuganye ibyihebe 2 muri Mozambike ibyambura intwaro nyinshi [AMAFOTO]

Ingabo z’u Rwanda zishe ibyihebe bibiri ku Birindiro bya Sheik Hassan ahitwa Nankidunga mu (…)

Nyagatare: Umunyeshuri yishe mugenzi we amuteye ikirahure mu mutima

Umunyeshuri w’imyaka 17 wiga mu mwaka wa Mbere w’amashuri yisumbuye mu Karere ka Nyagatare, (…)

Abanyarwanda 58 bari bafunzwe binyuranyije n’amategeko barekuwe

Abanyarwanda 58 barimo abagabo 47, abagore batandatu n’abana batanu, hakiyongeraho n’undi muntu (…)

Ukraine: Joe Biden yaburiye igihe Uburusiya bushobora kugaba igitero

Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe za Amerika yaburiye ko "bishoboka cyane" ko Uburusiya (…)

Ingabo z’u Burundi zongeye kugaba ibitero ku nyeshyamba za RED Tabara

Ingabo z’u Burundi zagabye igitero ku nyeshyamba za RED_Tabara zirwanya ubutegetsi buriho mu (…)

RDC: M23 yishe abasirikare barenga 20 ba Kongo

Abasirikare barenga 20 ba Repubulika ya demokarasi ya Kongo biciwe mu gitero cyakozwe n’umutwe (…)

Uganda: Maj. Gen Kandiho “wavuzweho guhohotera Abanyarwanda” yakuwe ku mirimo yo kuyobora CMI

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yakuye ku mwanya w’Umuyobozi wa CMI, Gen. Abel Kandiho (…)

Perezida wa Malawi yirukanye abagize guverinoma bose

Perezida Lazarus Chakwera wa Malawi yirukanye abagize guverinoma bose kubera impungenge atewe na (…)

Umupolisikazi yishe umugabo we amusanze mu kazi arangije nawe ariyica

Abashinzwe iperereza mu Ntara ya Trans Nzoia muri Kenya barimo gukora iperereza kubwicanyi (…)

Abasirikare ba USA bambariye uruganda bajya gutabara Ukraine

Abasirikare 8,500 b’Amerika bambariye urugamba, baryamiye amajanja biteguye koherezwa aho (…)