skol

Umutekano

Uganda: Umuhanzikazi warokotse impanuka y’ ubwato ati ‘Ndiho ariho nahahamutse’

Umuririmbyi Iryn Namubiru umwe muri 26 barokotse impanuka ikomeye y’ ubwato yabereye mu kiyaga (…)

Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe yararembye ntashobora gutambuka

Perezida Mnangagwa yavuze ko uwahoze ayobora Zimbabwe, Mugabe w’imyaka 94 atagishobora gutambuka (…)

Uganda: 30 nibo bimaze kumenyekana ko bapfiriye mu mpanuka ikomeye y’ ubwato

Leta ya Uganda yamaze kwemeza ko abantu 3O bapfiriye mu mpanuka ikomeye ubwato bwarohamye mu (…)

Igitaramo gisa n’ icyo RIB iherutse kuburizamo, muri Kenya cyabaye polisi irahahinguka

Mu ijoro ryakeye abantu 30 barimo abakobwa bw’ abahungu batawe muri yombi na polisi ya Kenya (…)

Abagore 8 pasiteri yafashe ku ngufu batangaje icyatumye badatera amahane

Umupasiteri wo muri Koreya y’epfo yakatiwe igifungo cy’imyaka 15 kubera gufata ku ngufu (…)

Impunzi ibihumbi 50 z’ Abarundi zaratashye

Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR, ryatangaje muri uyu mwaka gusa impunzi (…)

Zimbabwe: Bisi yahiye yica abagenzi barenga 40 abandi barakomereka

Abagenzi 42 nibo bimaze kwemezwa ko baguye mu mpanuka ya bisi nyuma y’aho ikigega cya gaz (…)

Abasirikare ba Malawi bishwe n’ umutego muri Kongo

Igihugu cya Malawi cyatangaje ko bane mu basirikare bacyo bari mu butumwa bwo gukomeza amahoro (…)

Umunyamategeko Muhereza yarasiwe I Kampala (yavuguruwe)

Umunyamategeko ukorera mu mujyi wa Kampala Wilbert Muhereza yajyanywe mu bitaro mu gitondo cyo (…)

Abanyarwanda ibihumbi 14 baba muri Uganda bagiye kwirukanwa

Guverinoma ya Uganda irimo gutegura umugambi wo kwambura ubuhunzi Abanyarwanda ibihumbi n’ (…)

Uganda: Abana bahiriye ku ishuri 10 barapfa abandi barakomereka

Igitero bikekwa ko ari icya abagizi ba nabi cyagabwe mu kigo cy’ ishuri riri mu magepfo ya (…)

Abasirikare 3 b’ u Burundi bafashwe n’ ingabo za Kongo

Abasirikare batatu b’ u Burundi batatangajwe amazina n’ amapeti bafatiwe mu nkambi ya Lusenda (…)

Amerika: Ya nkongi ikomeye imaze guhitana 31, abarenga 200 baburiwe irengero

Imibare itangwa Leta iravuga ko imirambo 31 ariko imaze kumenyekana ko yahitanywe n’ inkongi (…)

Umukandida uzahatanira kuba Perezida wa Kongo mu izina ry’ abatavugarumwe n’ ubutegetsi yamenekanye

Martin Fayulu, Umuyobozi w’ ishyaka riharanira iterambere ry’ abaturage (ECIDE) niwe watowe na (…)

Trump yavuze amagambo akomeye kubera inkongi bamwe bise imperuka imaze guhitana 25

Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Donald Trump mu butumwa yashyize kuri Twitter yasabye (…)