skol

Umutekano

Indege ya Indonesia yitirirwa Intare yakoze impanuka nyuma y’ iy’ umukire wa Liecester

Boeing 737 , Indege ya Kampani itwara abagenzi ya Indonesia yakoze impanuka itwaye abagenzi 189 (…)

Amerika: Ucyekwaho kugaba igitero mu rusengero muri akurikiranyeho ibyaha 29

Umugabo ucyekwaho kwica abantu 11 mu rusengero rw’Abayahudi cyangwa sinagoge rw’i Pittsburgh (…)

Umugore yateraguye ibyuma abana 14 b’inshuke

Umugore w’ imyaka 39 uzwi ku izina rya Liu yazindukiye ku ishuri ry’ inshuke ateragura ibyuma (…)

RDC: Inzu y’umuvugizi w’ishyaka riri ku butegetsi yarashweho urufaya rw’amasasu

Iki gitero cyagabwe ku nzu y’umuvugizi w’ihuriro ry’amashyaka ari ku butegetsi muri RDC kibaye (…)

Ibipande by’ umurambo w’ umunyamakuru Jamal Khashoggi byabonetse

Ibice by’ umurambo w’ umunyamakuru Jamal Khashoggi byabonetse mu mbuga y’ ambasade ya Arabia (…)

Urupfu rw’ umunyamakuru Jamal Khashoggi ngo rwateguwe kuva kera

Perezida wa Turikiya Recep Tayipp Erdogan yavuze ko umugambi wo kwica umunyamakuru w’ (…)

Umunyamakuru yarokoye ubuzima bw’ umushoferi abaturage bahugiye mu kwiba umuceri

Umunyamakuru usoma amakuru kuri televiziyo yo muri Kenya NTV mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere (…)

Umugore yakase igitsina umukunzi we ngo asohokana n’ abakobwa mu tubari

Umugore w’ imyaka 24 y’ amavuko yakase ubugabo bw’ umukunzi w’ imyaka 28 akoresheje icyuma.

Gale ya Moshi yataye umuhanda yica abagenzi 22 benshi barakomereka

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 21 Ukwakira 2018, gale ya moshe yataye inzira yayo (…)

Barwaniye mu isoko bapfa amadini 55 bahasiga ubuzima

Abantu bagera kuri 55 bapfuye ubwo mu isoko riherereye mu majyaruguru ya Nigeria barwana bitewe (…)

Umunyamakuru Jamal wari inshuti ya Perezida Erdogan byemejwe ko yishwe arwana

Igihugu cya Arabia Saudite cyatangaje ko umunyamakuru Jamal Khashoggi yiciwe muri ambasade yacyo (…)

Umuherwe Mohammed Dewji umaze iminsi yarashimuswe yabonetse

Inshuti y’ umuherwe Mohammed Dewji wo muri Tanzania, yemeje ko uyu mugabo yabonetse nyuma (…)

Trump yatakaje icyizere cy’ uko umunyamakuru Jamal yaba akiriho, abamwishe ngo bazabiryozwa

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko atizeye ko umunyamakuru wo muri (…)

Umugabo yatashye yasinze umugore we amukubita isuka aramwica

Umugore w’ imyaka 35 yishe umugabo we w’ imyaka amukubise isuka mu mutwe ubwo uyu mugabo yari (…)

Umwarimu wo muri kaminuza muri Uganda yaguye hasi mu nama arapfa

Umwarimu muri Kaminuza ya Soroti mu Burasirazuba bwa Uganda yitabye Imana nyuma yo kwitura hasi (…)