skol
fortebet

Breaking news: RwandaAir yerekezaga ENTEBBEE muri Uganda yakoze impanuka

Yanditswe: Wednesday 20, Apr 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu gitondo cyo kuri uyu wagatatu tariki ya 20 Mata 2022 , RwandaAir yari yerekeje ku kibuga k’indege cya ENTEBBEE muri Uganga , yaguye mu gishanga ubwo umu Umupilote yahuraga n’ikirere kibi akabura Udutara Tumufasha Kumenya aho Amanukira .
Mu butumwa ubuyobozi bwa sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere yo mu Rwanda banyujije ku rukuta rwabo rwa Twitter batangaje ko iyi ndenge yahuye n’ikibazo k’ikirere igakora impanuka ikagwa mu gishanga ariko ko ntamuntu n’umwe wakomerekeyemo cyangwa ngo ahure (...)

Sponsored Ad

Mu gitondo cyo kuri uyu wagatatu tariki ya 20 Mata 2022 , RwandaAir yari yerekeje ku kibuga k’indege cya ENTEBBEE muri Uganga , yaguye mu gishanga ubwo umu Umupilote yahuraga n’ikirere kibi akabura Udutara Tumufasha Kumenya aho Amanukira .

Mu butumwa ubuyobozi bwa sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere yo mu Rwanda banyujije ku rukuta rwabo rwa Twitter batangaje ko iyi ndenge yahuye n’ikibazo k’ikirere igakora impanuka ikagwa mu gishanga ariko ko ntamuntu n’umwe wakomerekeyemo cyangwa ngo ahure n’ikibazo.

Biravugwa ko umupilote byabaye ngombwa ko agwa ahegereye igishanga kubera ko atabashaga kubona neza udutara tumufasha kubona ikibuga cyo kugwamo kubera igihu cy’inshi cyari mu kirere.

Ibitekerezo

  • Ntimugace igikuba, uwasoma title y’inkuru yari afite uwe wagiye muri iriya ndege yahahamuka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa