Politiki
Amasengesho yo gusengera igihugu yitabiriwe na Perezida Kagame na madamu
Yanditswe: Sunday 15, Sep 2024

Perezida Kagame na Madamu we, Jeannette Kagame, bifatanije n’abayobozi babarirwa mu magana baturutse mu gihugu hose mu masengesho yo gushimira Imana yateguwe na Rwanda Leaders Fellowship.
Kuri iki Cyumweru, itariki 15 Nzeri, i Kigali habereye amasengesho yo gusabira igihugu no gushima Imana abera muri Kigali Convention Centre.
Ni amasengesho yitabiriwe n’abasaga 600 barimo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame na madamu we, Jeannette Kagame, n’abandi bayobozi mu nzego za leta, mu nzego z’abikorera, abayobozi b’amadini n’amatorero n’abandi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *