Dr. François Xavier Kalinda yatorewe kuyobora Sena mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, asimbura Dr Iyamuremye Augustin, uherutse kwegura kuri uyu mwanya kubera impamvu z’uburwayi.
Senateri Kalinda yamamajwe na Visi Perezida wa Sena,Nyirasafari Esperance aho yagombaga guhangana na mugenzi we Umuhire Adrie ariko byarangiye amuhariye.
Uyu mukandida yatsinze ku majwi 26/26 y’abatoye,ahita atsindira uyu mwanya asimbuye Dr Augustin Iyamuremye.
Uyu akimara gutorewa yashimiye Perezida wa (…)
Dr. François Xavier Kalinda yatorewe kuyobora Sena mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, asimbura Dr Iyamuremye Augustin, uherutse kwegura kuri uyu mwanya kubera impamvu z’uburwayi.
Senateri Kalinda yamamajwe na Visi Perezida wa Sena,Nyirasafari Esperance aho yagombaga guhangana na mugenzi we Umuhire Adrie ariko byarangiye amuhariye.
Uyu mukandida yatsinze ku majwi 26/26 y’abatoye,ahita atsindira uyu mwanya asimbuye Dr Augustin Iyamuremye.
Uyu akimara gutorewa yashimiye Perezida wa Repubulika kubera icyizere yamugiriye akamuha inshingano zo kuba Umusenateri.
Yavuze ko agiye gukorana na bagenzi be,gutega amatwi,kwemera kugirwa inama n’ubufatanye na bagenzi be kugira ngo bakemure ibibazo by’abaturage.
Kuwa 06 Mutarama 2023,Perezida Paul Kagame yashyize Dr Francois Xavier Kalinda muri Sena y’u Rwanda ngo asimbure Iyamuremye Augustin uherutse kwegura.
Bwana Kalinda yaherukaga guhagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba.
Dr Kalinda François Xavier ni munti?
Yavukiye mu Murenge wa Kitabi mu Karere ka Nyamagabe, afite impamyabushobozi y’ikirenga, PHD, mu by’amategeko y’ubucuruzi, yigiye mu gihugu cya Canada, muri Kaminuza ya Ottawa.
Icyiciro cya mbere n’icya kabiri, yabyize muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda.
Mu mirimo ye, yakunze kwigisha aho yavuze ko amaze imyaka 19 ari umurezi muri Kaminuza y’u Rwanda, yanagiye abera umuyobozi mu ishami ry’amategeko.
Yize kandi mu ishuli rikuru rya ILPD, ishami rya Nyanza aho yigaga ibirebana n’ubumenyingiro mu by’amategeko (DLP).
Ibitekerezo
#PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE
#DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
#Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!
#TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
+250789502321
Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.
#Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:
– Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
– irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
– yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
– irwanya umuriro wa Malaria
– yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
– irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
– ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
– Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.
Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.