skol

Ibendera ry’Urwanda n’iry’Umuryango wa EAC biri mu Rwanda birururutswa kugera hagati

Yanditswe: Friday 09, Sep 2022

featured-image

Perezida Kagame yategetse ko Ibendera ry’Urwanda n’iry’Umuryango w’afurika y’iburasirazuba ku butaka bw’Urwanda yururutswa kugera hagati

Perezida Kagame yategetse ko Ibendera ry’Urwanda n’iry’Umuryango w’afurika y’iburasirazuba ku butaka bw’Urwanda yururutswa kugera hagati

ibi birubahirizwa kuva uyu munsi tariki ya 9 nzeri 2022, kuzageza igihe Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II azatabarizwa.

Ibiro bya Minisiteri w’intebe nibyo byatanze iri tangazo ry’Icyemezo cy’Umukuru w’Igihugu Paulo Kagame, mu buryo bwo kwifatanya n’Ubwami bw’ubwongereza buri kunamira uwahoze ari Umwamikazi wabwo Elizabeth II watanze kuwa 8Nzeri 2022.

Imihango yo kumusezeraho bwanyuma, itegerejwe mu cyumweru gitaha

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa