Ibendera ry’Urwanda n’iry’Umuryango wa EAC biri mu Rwanda birururutswa kugera hagati
Yanditswe: Friday 09, Sep 2022
Perezida Kagame yategetse ko Ibendera ry’Urwanda n’iry’Umuryango w’afurika y’iburasirazuba ku butaka bw’Urwanda yururutswa kugera hagati
Perezida Kagame yategetse ko Ibendera ry’Urwanda n’iry’Umuryango w’afurika y’iburasirazuba ku butaka bw’Urwanda yururutswa kugera hagati
ibi birubahirizwa kuva uyu munsi tariki ya 9 nzeri 2022, kuzageza igihe Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II azatabarizwa.
Ibiro bya Minisiteri w’intebe nibyo byatanze iri tangazo ry’Icyemezo cy’Umukuru w’Igihugu Paulo Kagame, mu buryo bwo kwifatanya n’Ubwami bw’ubwongereza buri kunamira uwahoze ari Umwamikazi wabwo Elizabeth II watanze kuwa 8Nzeri 2022.
Communiqué from the Office of the Prime Minister | Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w'Intebe pic.twitter.com/SMu6ZJo8H4
— Office of the PM | Rwanda (@PrimatureRwanda) September 9, 2022
Imihango yo kumusezeraho bwanyuma, itegerejwe mu cyumweru gitaha
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *