skol
fortebet

Lt Gen Mubarakh Muganga yatangiye inshingano ze nshya nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

Yanditswe: Tuesday 06, Jun 2023

featured-image

Sponsored Ad

Gen Kazura yahererekanyije ububasha na Lt Gen Mubarakh Muganga.

Sponsored Ad

Gen Jean Bosco Kazura yari amaze imyaka itatu, amezi atandatu n’umunsi umwe kuri uwo mwanya.

Umuhango w’ihererekanyabubasha wabereye ku Cyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda, aho usibye kuba Gen Kazura yasigiye ububasha Lt Gen Mubarakh Muganga, na we yahererekanyije ububasha na Gen Maj Vincent Nyakarundi wamusimbuye ku mwanya w’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa