Politiki
Lt Gen Mubarakh Muganga yatangiye inshingano ze nshya nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda
Yanditswe: Tuesday 06, Jun 2023

Gen Kazura yahererekanyije ububasha na Lt Gen Mubarakh Muganga.
Gen Jean Bosco Kazura yari amaze imyaka itatu, amezi atandatu n’umunsi umwe kuri uwo mwanya.
Umuhango w’ihererekanyabubasha wabereye ku Cyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda, aho usibye kuba Gen Kazura yasigiye ububasha Lt Gen Mubarakh Muganga, na we yahererekanyije ububasha na Gen Maj Vincent Nyakarundi wamusimbuye ku mwanya w’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *