skol

MINALOC yashimye DASSO watoraguye miliyoni 2 akazisubiza nyirazo

Yanditswe: Thursday 28, Dec 2017

Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu Minaloc, yashimye ubupfura n’ ubunyamwuga bw’ umukozi w’ urwego rw’ akarere rushinzwe gucunga umutekano DASSO Tuyisenge Fabrice watoraguye agakapu karimo miliyoni ebyiri akagaha ubuyobozi bw’ umurenge amafaranga agasubizwa nyirayo.
Mu butumwa iyi Minisiteri yanyujije ku rubuga rwayo rwa twitter yagize iti “
Turashimira Dasso Tuyisenge Fabrice kubera ubupfura,ubunyamwuga n’ubwangamugayo yagaragaje ubwo yatoraguraga amafaranga miliyoni ebyiri (2.000.000 (…)

Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu Minaloc, yashimye ubupfura n’ ubunyamwuga bw’ umukozi w’ urwego rw’ akarere rushinzwe gucunga umutekano DASSO Tuyisenge Fabrice watoraguye agakapu karimo miliyoni ebyiri akagaha ubuyobozi bw’ umurenge amafaranga agasubizwa nyirayo.

Mu butumwa iyi Minisiteri yanyujije ku rubuga rwayo rwa twitter yagize iti “

Kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Ukuboza 2017 nibwo Tuyisenge yatoraguye aya mafaranga. Nyuma yo kuyasubiza Mukashyaka wari wayataye ndetse adafite icyizere cyo kongera kuyabona, yaramushimiye cyane anamusabira umugisha ku Mana

Ibitekerezo

  • Nukuri birashimishije ,uyu muntu NUWO GUSHIMIRWA nanjye Fabrice ndamushimiye cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa