skol
fortebet

Perezida Kagame azahura na Tshisekedi muri iki Cyumweru

Yanditswe: Monday 21, Nov 2022

featured-image

Sponsored Ad

Perezida w’u Rwanda n’uwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuva kuwa kuri uyu wa kane tariki ya 24 Ugushyingo 2022, barahurira i Luanda muri Angola, mu biganiro bigamije guhosha umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi.
The Easter Africa yatangaje ko ibiganiro byo kuri uyu wa Kane bizaba biyobowe na Perezida wa Angola, João Lourenço, usanzwe ari umuhuza muri iki kibazo.
Kuri gahunda bizibanda uko umwuka uri hagati y’u Rwanda na Congo wahosha, aho iki gihugu gishinja u Rwanda gutera (...)

Sponsored Ad

Perezida w’u Rwanda n’uwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuva kuwa kuri uyu wa kane tariki ya 24 Ugushyingo 2022, barahurira i Luanda muri Angola, mu biganiro bigamije guhosha umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi.

The Easter Africa yatangaje ko ibiganiro byo kuri uyu wa Kane bizaba biyobowe na Perezida wa Angola, João Lourenço, usanzwe ari umuhuza muri iki kibazo.

Kuri gahunda bizibanda uko umwuka uri hagati y’u Rwanda na Congo wahosha, aho iki gihugu gishinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23 ikomeje kotsa igitutu ingabo za leta FARDC.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa