skol
fortebet

Perezida Kagame yashyizeho Abaminisitiri bashya muri MINICOM na MINAGRI

author-image

Yanditswe na: Dusingizimana Remy
Kuwa: Saturday 30, Jul 2022

Perezida Kagame yashyizeho Abaminisitiri bashya muri MINICOM na MINAGRI

Sponsored Ad

skol

Perezida wa Repubulika yashyizeho Abaminisitiri bashya, aho Dr. Jean Chrysostome Ngabitsinze yagizwe Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda naho Eric Rwigamba agirwa Minisitiri w’Ishoramari rya leta.
Dr. Ngabitsinze wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yasimbuye Habyarimana Béata wagizwe Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda mu mpinduka zakozwe ku wa 15 Werurwe 2021.
Mu zindi mpinduka Perezida Kagame yakoze, Dr. Ildephonse Musafiri yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri (…)

Perezida wa Repubulika yashyizeho Abaminisitiri bashya, aho Dr. Jean Chrysostome Ngabitsinze yagizwe Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda naho Eric Rwigamba agirwa Minisitiri w’Ishoramari rya leta.

Dr. Ngabitsinze wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yasimbuye Habyarimana Béata wagizwe Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda mu mpinduka zakozwe ku wa 15 Werurwe 2021.

Mu zindi mpinduka Perezida Kagame yakoze, Dr. Ildephonse Musafiri yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Yvonne Umulisa agirwa Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ishinzwe Ishoramari rya Leta.

Musafiri yari asanzwe ari Umuyobozi mukuru wa SPC [Strategy and Policy Council ] mu biro bya Perezida.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa