Politiki
Uko “Grace Room” ya Kabanda yatangiriye mu kinyoma igasoreza mu kindi
Yanditswe: Tuesday 13, May 2025

Ubwo Juliene Kabanda yari agonzwe n’ikibazo cy’amashuli abuze Diplome ya Tewologiya, Umugabo we wari ufite itorero yatse ibyangombwa muri RGB bya Grace Room Ministry ishamikiye ku itorero rye Jubile Revive Center!
Aho kuyihamisha ku Itorero ryayisabiye ibyangombwa, Juliene Kabanda yafashe iyi Grace Room ajya kuyikodeshereza i Nyarutarama mu Nkuru Nziza ndetse ayitungirayo nk’urusengero, arabwiriza, arabatiza, akiza abarwayi utibagiwe guturisha!
Cyari ikinyoma kuva keera! Ariko se, kuki iki kinyoma cyatinze! Ahubwo se ibye bihurira he n’ibya Mignone, ko nawe nta Diplome imwemerera kuba Umushumba agira? Ese bitanira he?
Tubane mu kiganiro INAMA Y’UMUTEKANO!
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *