skol

Politiki

Kigali: Hagiye gufungurwa ambasade ya Isiraheli

Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2017, Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin (…)

U Rwanda rushobora kuba rugiye kunguka inganda 40 z’ Abanyaturikiya

Abashoramari 41 baturutse muri Turkiya bari mu Rwanda, aho baje kureba uko bashora imari mu bice (…)

Abimukira ibihumbi 30 000 u Rwanda rugiye kwakira umwe aherekereshwa miliyoni hafi 3

Guverinoma y’ u Rwanda iherutse gutangaza ko yiteguye kwakira abimukira ibihumbi 30 mu rwego rwo (…)

Abafite ubumuga barasaba kwibukwa no gufashwa byihariye muri gahunda zigamije kuvana abaturage mu bukene

Abafite ubumuga mu Rwanda baravuga ko bafite imbogamizi zo kutagerwaho na gahunda za leta (…)

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya perezida Kenyatta

Kuri uyu wa Kabiri kuya 28 ugushyingo 2017, nibwo Kenyatta azarahirira kuyobora igihugu cya (…)

Makuza yasabye abagihohotera umugore n’umukobwa gucika kuri iyo ngeso

Uhohotera umugore n’umukobwa wese yikosore, natikosora azabisobanura imbere y’amategeko: Ibi (…)

FEVA basabye ko abihishe inyuma y’ ubucakara muri Libya bashyikirizwa ICC

Perezida wa DGPR akaba na Perezida wa FEVA, Dr Frank Habineza Ishyirahamwe ry’ Amashyaka (…)

Umuryango urimo ufite ubumuga bukabije ugiye kujya uhabwa inkunga y’ ingoboka

Umuryango urimo ufite ubumuga bukabije ugiye kujya uhabwa inkunga y’ ingoboka Nyuma y’ uko (…)

P.Kagame ari muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu mu ruzinduko rw’akazi

Perezida wa Republika Paul Kagame kuri uyu wa kane yageze i Abu Dhabi muri Leta zunze ubumwe (…)

Minisitiri w’intebe Ngirente yasuye ibikorwa bitandukanye by’intara y’amajyaruguru

Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente yasuye ibikorwa by’iterambere byo mu rwego rw’ubuhinzi (…)

Mpayimana yanenze Gilbert wayobotse ubuhunzi akamwita igikoresho cya Leta

Umunyarwanda Mwenedata Gilbert wiyamamarizaga kuyobora Igihugu ariko ntabigereho yikomwe na (…)

Ababyeyi ntibemeranya na MIFOTRA ibuza umwana uri munsi y’imyaka 5 gukora umurimo uwo ari wo wose

Minisitiri w’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo Kayirangwa Fanfan Mu gihe hirya no hino mu Rwanda (…)

Minisitiri w’ Intebe Dr Ngirente yirukanye abayobozi bane muri RAB barimo na Dr.Gahakwa

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Umuryango wamenye amakuru avuga ko Minisitiri w’ intebe w’ u (…)

Abari abakozi ba mutuelle de santé bagiye gusezererwa banahabwe imperekeza

Mu kwezi kwa mbere umwaka utaha, abahoze ari abakozi ba mutuelle de santé batabonye akazi mu (…)

Kamonyi: Abayobozi babiri n’abaturage batatu batawe muri yombi

Mu murenge wa Rukoma mu Karere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo hari abayobozi batatu bari mu (…)