skol

Politiki

Abadepite bo muri Burkina Faso baje kwigira ku miyoborere n’uburinganire-AMAFOTO

Itsinda ry’abadepite 9 n’abakozi 2 bo mu nteko ishinga amategeko ya Burkina faso bari mu rugendo (…)

Meya wa Nyamagabe Mugisha Philbert yasezerewe ku buyobozi

Mugisha Philbert uherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’Igihugu yahagaritswe ku buyobozi (…)

Bishop Rugagi yatangije televiziyo ahabwa miliyoni zirenga 3

Umushumba w’ itorero Abacunguwe umaze kwamamara mu Rwanda kubera gukoreshwa n’ Imana ibitangaza (…)

Jeannette Kagame yashimiye ikinyamakuru cyamuhembye nk’ intwari yahinduye ubuzima bw’ Abanyarwanda

Jeannette Kagame yashimiye ikinyamakuru ‘The voice magazine’ cyamuhaye igihembo nyuma y’ uko (…)

Perezida wa Estonia yasoje uruzinduko rwe nyuma yo gusura ibikorwa bitandukanye

Perezida wa Estonia Madamu Kersti Kaljulaid yasoje uruzinduko rw’iminsi 2 yagiriraga mu Rwanda (…)

J.Kagame arashyikirizwa igihembo cy’umuyobozi w’indashyikirwa

Madame wa Perezida wa Republika Jeannette KAGAME ari ku rutonde rw’abatoranyijwe ngo bahabwe (…)

‘Ababyeyi turasa n’ abeguye ku mpamvu zacu bwite’ Madamu Ingabire

Umuyobozi w’ umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’ akarengane ahuriza n’ abandi bayobozi (…)

Habyarimana Gilbert niwe meya mushya wa Rubavu [AMAFOTO]

Kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ugushyingo 2017, akarere ka Rubavu ko mu ntara y’ iburengerazuba (…)

Akarere ka Kamonyi kabonye Meya mushya

Abajyanama bahagarariye imirenge itandukanye y’akarere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo, wa (…)

Meya wa Nyamagabe n’abandi bayobozi batanu batawe muri yombi(yavuguruwe)

UMURYANGO wamenye amakuru yizewe ko Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamagabe Mugisha Philbert n’ (…)

Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Estonia

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, yakiriye Perezida (…)

Leta y’ u Rwanda yamaganye ibirori bya ‘Bridal shower’, ngo bikorerwamo uburiganya

Minisiteri y’ umuco na Siporo, ifatanyije na Minisiteri y’ uburinganire n’ iterambere ry’ (…)

Kuwa Gatandatu P.Kagame azatanga Impeta y’Ishimwe ku bantu icyenda

Itangazo rigenewe abanyamakuru ry’ibiro bishinzwe gutanga amakuru ya Guverinoma y’u Rwanda (…)

Impamvu yatumye gitifu w’ umugi wa Kigali Eng Sagashya yirukanwa ku kazi burundu

Eng. Didier Sagashya wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umugi wa Kigali wirukanywe kuri aka (…)

P.Kagame yagaragaje ko umutekano muke uterwa no kutagira ubufatanye hagati y’ibihugu

Perezida wa Republika Paul Kagame, uri i Dakar muri Senegal, yagejeje ijambo ku bitabiriye inama (…)