skol

Politiki

Bwa mbere Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’Abakono n’akaga gishobora guteza

Perezida Paul yasabye abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru ndetse n’iy’Uburengerazuba (…)

Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kwibanda ku bibazanira iterambere gusa

Perezida Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kuba umusemburo w’impinduka zikenewe kugira u (…)

Umwiherero w’Abaguverineri 36 Perezida Kagame na Kikwete bazatangamo ikiganiro watangiye i Kigali

Abaguverineri ba za Leta 36 bo muri Nigeria kuri uyu wa Kane, itariki 24 Kanama 2023 batangiye (…)

Perezida Kagame yahishuye impamvu aheruka guha imyanya abakiri bato muri Guverinoma

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya batatu baherutse kwinjira muri Guverinoma (…)

Biteganyijwe ko Perezida Kagame na Kikwete bazahurira kuri Pannel mu nama i Kigali

Kuva kuri uyu wa 24 kugera kuwa 27 Kanama 2023.i Kigali harabera umwihero ku miyoborere uzamara (…)

Perezida Kagame yiyemeje guhangana n’urubyiruko rusigaye rujya kuramya ubukene

Perezida Kagame yavuze ko yiteguye guhangana n’urubyiruko ruharaye kuramya ubukene,rumara (…)

Perezida Kagame yamaganye abayobozi ba siporo bimitse ruswa bakangiza abakinnyi

Perezida Kagame yanenze imico mibi ya ruswa ivugwa muri Siporo, avuga ko uyu mwuga udashobora (…)

Perezida Kagame yeretse urubyiruko ikintu gikomeye rukwiye kwibaza

Perezida Kagame yaganiriye n’urubyiruko amagana muri Intare Arena iherereye i Rusororo ku (…)

Dr Uwamariya yahishuye akari ku mutima nyuma yo kuva muri MINEDUC

Dr Uwamariya Valentine wahawe inshingano nshya nka Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere (…)

Ambasaderi wa USA mu Rwanda aratangira imirimo nyuma yo gutinda ho umwaka wose

Ambasaderi mushya wa Leta zunze ubumwe za Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, vuba aratangira (…)

Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aho Gaspard Twagirayezu yagizwe Minisitiri (…)

Ubwongereza bwongeye kwitandukanya nabavuga ko u Rwanda rudatekanye

Guverinoma y’u Bwongereza ntiyemeranya n’abavuga ko u Rwanda rudatekanye byo kwakira abimukira, (…)

Guverineri mushya w’intara y’amajyaruguru aratangirira ku kuzahura ubumwe bw’abanyarwanda

Ubwo yahererekanyaga ububasha n’uwo asimbuye ari we Dancille Mukarugero, Bwana Maurice (…)

Mayor wa Gicumbi watijwe intara ashobora gusubirana umwanya yahoranye-Min J.Claude

Nzabonimpa Emmanuel wahoze ayobora Akarere ka Gicumbi, aherutse kugirwa Umunyamabanga (…)

Somalia niyo itahiwe kwinjira mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Peter Mathuki, yatangaje ko (…)