skol

Politiki

Impamvu yagejeje Habyarimana ku guhirika Kayibanda ku butegetsi

Imyaka 50 irashize mu Rwanda habaye ihirikwa ry’ubutegetsi ari naryo rukumbi ryabayemo kuva (…)

Perezida Kagame yageze muri ‘Trinidad and Tobago’ mu nama ya 45 y’umuryango wa CARICOM

Perezida Paul Kagame yageze muri Trinidad and Tobago, aho yitabiriye Inama y’Abakuru b’Ibihugu (…)

Perezida Kagame yaganiriye na Macky Sall watangaje ko ataziyamamaza kongera kuyobora Sénégal

Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko rw’amasaha make muri Sénégal, abonana na mugenzi we (…)

Kagame yashinje Raport y’impuguke za UN avuze ku Rwanda kwirengagiza ukuri

Perezida Kagame yagize icyo avuga kuri raporo y’impuguke iherutse gushinja u Rwanda gukomeza (…)

Ingaruka za COVID 19 zizarangizwa no kongera umusaruro wa buri cyose dukora- Perezida Kagame

Abanyarwanda bakomeje guhangana n’ibiciro byiyongereye ku isoko, byatumye ubu ababasha kubona (…)

Ibyo utarenza amaso mu gihe uvuga kwibohora kw’Abanyarwanda mu myaka 29 ishize

U Rwanda rurizihiza umunsi wo kwibohora ku ncuro ya 29. N’igihe cyo kwisuzuma no kurebera hamwe (…)

Rusesabagina yirengagije imbabazi yahawe ashinja u Rwanda kumukorera iyicarubozo

Ku nshuro ya mbere, umunyapolitiki Paul Rusesabagina yatangaje ko yafunguwe na leta y’u Rwanda (…)

RDC:Ya nama yagombaga guhuza Prez.Tshisekedi n’Abarwanya u Rwanda yasubitswe

Habaye impinduka ku nama y’Abarwanya Leta y’u Rwanda bifatanyije na Leta ya Repubulika ya (…)

U Rwanda n’u Bushinwa byiyemeje kuguma mu murongo wo gushimangira umubano

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yakiriye mu biro bye Ambasaderi w’u Bushinwa mu (…)

U Rwanda rwavuze ku mwanzuro wakumiriye kohereza abimukira mu Rwanda

Yolande Makolo, umuvugizi wa leta y’u Rwanda yatangaje ko “Nubwo uyu ari umwanzuro w’inkiko zo (…)

UK: Urukiko rw’Ubujurire rwanzuye ko kohereza abimukira mu mahanga binyuranyije n’amategeko

Urukiko rw’Ubujurire i Londres mu Bwongereza uyu munsi rwategetse ko umugambi wa leta wo (…)

Rutsiro : Habaye impinduka zikomeye hashyirwaho umuyobozi mushya

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 28 Kanama nibwo Minisitiri w’Intebe yasheshe ubuyobozi bw’Akarere ka (…)

Lt Gen Jean-Jacques Mupenzi uyobora ingabo z’u Rwanda zirwanira mu Kirere ari muri Pologne

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere, Lt Gen Jean-Jacques Mupenzi, kuri uyu wa (…)

Perezida Kagame yashimye mugenzi we wa Mozambique ku ntambwe amaze gutera mu kugarura amahoro

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Mozambique, Filipe Nyusi (…)

Leta y’u Rwanda yavuze kuri Raporo y’inzobere za ONU ishinja u Rwanda gufasha M23 iyita igamije ’gusakaza ikinyoma’

Leta y’u Rwanda yasubije kuri raporo y’itsinda ry’inzobere z’umuryango w’abibumbye (ONU) (…)