skol

Politiki

Ubufaransa bwirengagije makuru avugwa kuri RDC bwamagana u Rwanda kubera M23

Leta y’u Bufaransa yasabye ihagarara ry’icyo yise "ubufasha bwa gisirikare u Rwanda rukomeje (…)

Perezida Hichilema wa Zambia yageze i Kigali mu uruzinduko rw’iminsi 2

Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena 2023, Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema yatangiye (…)

Minisitiri w’Intebe yitabiriye umuhango wo kwimika Umwepisikopi mushya wa Kabgayi

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirinte, n’abandi bayobozi bakuru mu Gihugu, barimo Perezida (…)

Abashakashatsi bemeje ko Afurika ikeneye Politiki ihamye ngo ibashe guhangana n’ihindagurika ry’ibihe

Abashakashatsi bo mu Kigo Nyafurika gishinzwe guteza Imbere Ubumenyi bushingiye ku Mibare (AIMS) (…)

Musanze: Hateraniye inama yitezweho kuzamura umutekano ,amahoro n’ubutabera muri Afurika

Kuva kuwa Kane tariki 15 Kamena 2023, mu Ishuri Rikuru rya Polisi riri i Musanze hateraniye (…)

Abakobwa ba Rusesabagina na Se wa bo barahiriye kutazacogora kuri politiki y’u Rwanda

Umuryango wa Paul Rusesabagina warahiriye kutazaceceka kuri politiki yarwo kuko ari yo ntwaro (…)

RDF yatangaje impamvu abari abasirikare bakuru bayo birukanywe

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyari kigamije kugaruka ku mpamvu zatumye RDF yirukana abasirikare (…)

Louise Mushikiwabo yavuze uburyo yigeze guterwa ubwoba na Ambasaderi wa Canada

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, (…)

Dj Briane yatunguwe n’inyigisho yise iyo kwishongora mu rusengero rwa pastor Mignone

Umuvangamiziki Gateka Brianne uzwi nka Dj Brianne, yanenze ibyo yumvanye uwari uri kubwiriza mu (…)

Igisirikare cy’Ubufaransa n’icy’u Rwanda bateye indi ntambwe mu kunoza ubufatanye basanzwe bafitanye

Itsinda ry’ ingabo z’Ubufaransa riyobowe na Brig Gen Fabien Kuzniak, Umuyobozi w’Ishami (…)

Perezida Kagame yazamuye muntera Lt Col Simon usanzwe ari umukozi w’Imana ukomeye

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagize Lt Col Simon Kabera, (…)

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya mu nzego z’Igisirikare cy’u Rwanda

Umukuru w’igihugu, kuri uyu wa 7 Kamena 2023 yakiriye indahiro z’abayobozi bashya baherutse (…)

Minisiteri Édouard Ngirente ari i Luanda mu nama idasanzwe

Minisitiri w’Intebe, Dr Édouard Ngirente, ari i Luanda mu murwa mukuru wa Angola aho yitabiriye (…)

Perezida Kagame na Madamu bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cya Jordania

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cy’Ubwami bwa (…)