skol

Politiki

"Nta mpungenge …’-Perezida Kagame avuga ku gitutu cya US kuri Rusesabagina

Perezida Kagame yavuze ko nta mpungenge u Rwanda rutewe n’igitutu Amerika ikomeje gushyira ku (…)

Umunyamabanga wa leta y’Amerika yageze I Kigali kuganira n’abayobozi b’u Rwanda

Umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Amerika yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa gatatu (…)

Rubavu: Ba Gitifu 2 barimo uwarangaye akarere kagahagararirwa n’Umutetsi mu #Kwibuka28 birukanwe

Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge ibiri barimo uwa Rugerero aho umutetsi yahagarariye (…)

Perezida Museveni yakuye urujijo ku bivugwa ko ari gutegurira umuhungu we kumusimbura ku butegetsi

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yamaganye amakuru avuga ko yatangiye urugendo rwo (…)

Umujyi wa Kigali ugiye gutangira gushyira muri VUP abazunguzayi

Umujyi wa Kigali watangaje ko ufite gahunda yo gufasha abazunguzayi kugira ngo bajye bagerwaho (…)

Inzobere za ONU zavuze ko zifite “ibimenyetso bikomeye” bishinja u Rwanda gufasha M23

Itsinda ry’inzobere za ONU rivuga ko rifite “ibimenyetso bikomeye” ko ingabo z’u Rwanda zarwanye (…)

Umujyi wa Kigali wahishuye aho imirimo yo kubaka ikiraro cya Nyabugogo igeze n’umuti ku bibazo byo gutwara abagenzi

Abayobozi b’Umujyi wa Kigali n’Uturere tuwugize bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru mu rwego rwo (…)

"Hari ibigo bya Leta bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu"-Perezida Kagame

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 02 Kanama 2022,Perezida Kagame yari mu cyumba cy’Inteko Ishinga (…)

Perezida Kagame yashyizeho Abaminisitiri bashya muri MINICOM na MINAGRI

Perezida wa Repubulika yashyizeho Abaminisitiri bashya, aho Dr. Jean Chrysostome Ngabitsinze (…)

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika agiye kuza i Kigali kubaza ibya Rusesabagina

‘Minisitiri’ w’ububanyi n’amahanga wa Amerika ugiye kugirira uruzinduko mu Rwanda azabaza (…)

Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abaminisitiri yo kuwa 29 Nyakanga 2022

Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki 29 Nyakanga 2022 yayoboye Inama y’Abaminisitiri (…)

U Rwanda rwanyomoje amakuru arushinja kwivanga muri Politiki ya Centrafrique

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta yamaganye ibirego byo kuba u (…)

Mushikiwabo yiyamamarije manda ya Kabiri yo kuba Umunyabanga mukuru w’umuryango wa Francophonie

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (Francophonie), Louise (…)

Abakuru b’ibihugu bigize EAC bagiye guhurira i Arusha

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba, bagiye guhurira i Arusha muri (…)

U Rwanda rwabaye urwa 6 ku isi mu kubahiriza ihame ry’uburinganire

Raporo yakozwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubukungu (WEF) yashyize u Rwanda ku mwanya wa gatandatu (…)