skol

Politiki

Perezida Tshisekedi yasabye Boris Johnson gukoresha CHOGM mu kotsa igitutu u Rwanda

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo irasaba Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris (…)

Perezida Kagame yakiriye Sissoco Embaló wa Guinée-Bissau wasuye u Rwanda

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Perezida wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló (…)

U Rwanda rwavuze ku cyemezo cyo guhagarika indege yari kuzana abimukira bo muri UK

Mu ijoro ryakeye,indege ya mbere yagombaga kuvana abimukira ba mbere mu Bwongereza ibazana mu (…)

U Rwanda rwashyize rugaragaza "inyungu"ruzakura mu kwakira abimukira bo muri UK

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo,yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse (…)

Abimukira bazoherezwa ejo mu Rwanda ntibagera ku 10.ese nuko badahari?

Umubare w’abimukira ba mbere bazoherezwa mu Rwanda mu ndege yo kuwa kabiri ivuye mu Bwongereza (…)

Amb.Karega yasubije Abakongomani basabye ko yirukanwa ku butaka bwa RDC

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vincent Karega ybwiye (…)

Perezida Kagame yakiriye Ellen DeGeneres washinze ikigo cyita ku ngagi mu Rwanda[AMAFOTO]

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Umuherwe (…)

"Nubwo hari impamvu zo gutera Congo na FDLR twe dusaba ko haba ibiganiro"-Depite Claude Ntezimana

Ntezimana Jean Claude akaba n’umunyamabanga uhuraho wa Green Party. avuga ko n’ N’ubwo hari (…)

"Igihugu iyo gitewe kiritabara"-Minisitiri Biruta avuga ku bushotoranyi bwa RDC ku Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru, cyibanze (…)

Ambasaderi Karega yahamagajwe mu Nteko ya DRC

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahamagaje Ambasaderi w’u Rwanda muri (…)

Minisitiri Gatabazi yihaye umukoro nyuma yo kubona ibyo Visi Meya yakoreye Abanyamakuru I Musanze

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi JMV yavuze ko bagiye kubaka ubushobozi bw’abayobozi (…)

Amerika yasabye ko hakorwa iperereza ku birego byo gufasha M23 RDC ishinja u Rwanda

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) zasabye ko hakwiye gukorwa iperereza ku birego Repubulika (…)

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC barushinja gufasha umutwe wa M23

Leta y’u Rwanda iravuga ko nta nkunga iyo ari yo yose itera inyeshyamba z’umutwe wa M23 nkuko (…)

U Rwanda n’u Burundi bari hafi gukemura ikibazo cy’abagerageje ’Coup d’État’ muri 2015

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente, yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu ko ibiganiro ku (…)

"Ndagira ngo mbabwire ko bazaza vuba"-Minisitiri w’Intebe avuga ku bimukira bazava UK

Minisitiri w’Intebe,Dr Ngirente Edouard yatangaje ko vuba ahaabimukira bavuye mu Bwongereza (…)