skol
fortebet

Ubukungu

Guverinoma yagabanyije imisoro ku bicuruzwa bimwe na bimwe biva mu mahanga

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impinduka mu misoro mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/25, (…)

Musanze: Abagore basaba abazabahagararira mu Nteko kutazishimira kwicara ku ntebe gusa

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Musanze, ubwo batoraga Abadepite mu cyiciro cy’abagore, bavuze (…)

Nyamasheke: Ndayisabye ufite ubumuga bw’ingingo yiteje imbere anatanga akazi

Ndayisabye Fidèle wavukanye ubumuga bw’ingingo, agakurira mu buzima bugoye, avuga ko yabashije (…)

Ikibazo cy’ikimoteri cya Nduba cyavugutiwe umuti urambye

Ku kimoteri cya Nduba huzuye uruganda ruzajya rukora ifumbire y’imborera bizatuma imyanda (…)

Mu cyahafi hahoze akajagari huzuye amagorofa y’igitangaza [AMAFOTO]

Ahazwi nko mu Cyahafi,mu murenge wa Gitega wo mu karere ka Nyarugenge,hahoze akajagari, ubu (…)

Guverinoma yahishuye ibintu bihambaye byagezweho mu myaka irindwi ishize

Muri gahunda y’Igihugu yo kwihutisha iterambere NST1 ingengo y’imari y’Igihugu yikubye inshuro (…)

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda yahishuye ikintu cyiza kigiye gukurikira igabanuka rya Lisansi na Mazutu

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prof Ngabitsinze Jean Chrysostome,yatangaje ko kuba ibiciro (…)

Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byagabanutse mu Rwanda

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli aho litiro (…)

Hamenyekanye umubare w’inka zose zimaze gutangwa muri Girinka

Inka zisaga ibihumbi 450 nizo zimaze gutangwa mu myaka 18 ishize, kuva Perezida Paul Kagame (…)

Menya imishinga y’ingenzi Leta y’u Rwanda izagenera Ingengo y’imari ihagije

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Ndagijimana Uzziel yavuze ko amafaranga akomoka imbere mu (…)

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi yasobanuye byinshi ku ngengo y’imari ya 2024/2025

Kuri uyu wa 24 Gicurasi 2024, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Ndagijimana Uzziel, yagejeje (…)

PAM Ikeneye Miliyoni $400 Zo Kugoboka Abazahajwe n’Amapfa mu Majyepfo y’Afurika

Ishami rya ONU ryita ku biribwa, PAM, ikeneye miliyoni 400 z’amadolari yo kugaburira miliyoni (…)

Ubushakashatsi bwa TIR buvuga ko 60% bakiruka ku ngurane y’imitungo yabo yangijwe

Ubushakashatsi bwakozwe muri uyu mwaka (2024) bugashyirwa ahagaragara tariki 17 Gicurasi 2024, (…)

BDF yabuze imishinga ifasha kuburyo yananiwe gukoresha amafaranga arenga Miliyoni 800 igahitamo kuyasubiza

Ubuyobozi bw’Ikigega Gitera Inkunga Imishinga y’Iterambere (BDF) bwananiwe gukoresha amafaranga (…)

Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Nyanza waketsweho ibyaha bya Jenoside yatangiye gukurikiranwa

Polisi y’u Rwanda yavuze ko yatangiye gukurikirana Dosiye ya SP Musonera Eugene Umuyobozi wa (…)