skol
fortebet

Ubukungu

Ibihugu 10 bya mbere bituwe cyane ku Isi na bitanu bya nyuma 2024

Mu bihugu 10 bya mbere bituwe cyane ku Isi, igihugu cya Nigeria na Ethiopia nibyo byonyine biza (…)

Uruzuba n’imvura idasazwe muri kubona bizakurwaho no kugarura ibimera gakondo-Impuguke

Impuguke mu mihindagurikire y’ikirere zemeza ko kugarura ibiti gakondo byacitse byafasha (…)

Uganda yakebuye u Rwanda na DRC bihindura amafaranga kenshi kandi ko Atari byiza ku bucuruzi

Banki Nkuru ya Uganda ifata amafaranga y’u Rwanda (Rwf) na DRC (CDF) nk’amafaranga ashingiye (…)

U Rwanda ruzohereza mu isanzure icyogajuru kizafasha mu ubuhinzi

Mu Rwanda hari kubakwa icyogajuru kizwi nka ‘Hyperspectral 6U CubeSat’. Iki ni icyogajuru (…)

Dore ibyabaye kuri Gitifu wahaye muramu we isoko ryo kubaka ivomero

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Kigabiro, Akagari ka Nyakarekare, Umurenge wa Mbuye mu (…)

Marburg?Umuhango wari uteganyijwe wo "Kwita Izina" wasubitswe

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko umuhango wo kwita izina abana b’ingagi wari (…)

Paris: Umunyamahanga Charles ukurikiranweho guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi ari kuburanishwa

Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa Mbere, itariki 07 Ukwakira 2024 rwatangiye (…)

Abashakashatsi bagaragaje ko Isi yabonye ukundi Kwezi kuyimurikira

Nyuma y’inyigo zitandukanye zimaze ibyumweru zikorwa n’abashakashatsi mu by’Isanzure banyuranye, (…)

U Bwongereza bwemeye guhara akayabo bwahaye u Rwanda muri gahunda y’abimukira

Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Alison Thorpe, yatangaje ko guverinoma y’igihugu cyabo nta (…)

Meteo Rwanda yateguje Imvura Nyinshi nyuma y’uruzuba rumaze iminsi

Ikigo cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kivuga ko mu gice cya mbere cy’ukwezi k’Ukwakira (…)

BNR yatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’imbere mu Gihugu (GDP) wazamutseho 9,8%

Banki Nkuru y’Igihugu, BNR, yatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’imbere mu Gihugu (GDP) wazamutseho (…)

Raporo ya Banki y’Isi ivuga ko mu Rwanda ubushomeri bwagabanutseho 7%

Banki y’Isi ishami ry’u Rwanda igaragaza ko hagati ya 2021 na 2023 mu Rwanda hahanzwe imirimo (…)

Ihenda ry’ibirayi ryageze no ku isoko yabyo aho ikilo kiri kugura 800 FRW

Hirya no hino mu masoko yo mu Karere ka Musanze, haragaragara impinduka ku giciro cy’ibirayi, (…)

Huye: Gahunda yo kugemurira abana ibishyimbo bitetse ikomeje kutavugwaho rumwe

Mu Karere ka Huye hari ibigo by’amashuri bigemurirwa ibishyimbo bihiye, bikavuga ko na byo (…)

MININFRA yatangaje ko kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya II bidakwiye kurenza 2027

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Bwana Olivier Kabera, yasuye urugomero (…)