skol
fortebet

Ubukungu

SKOL yakeje u Rwanda mu korohereza abashoramari mu myaka 15 ihamaze

Mu gihe Uruganda rwa SKOL rutunganya ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwizihiza imyaka 15 (…)

Perezida Kagame na Lappartient mu kugeza Tour du Rwanda ku rwego rw’Isi

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaganiriye na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku (…)

Formula One yateye utwatsi icyifuzo cya RDC cyo guhagarika imikoranire n’u Rwanda

Ubuyobozi bwa Formula One (F1) bwateye utwatsi ubusabe bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

BNR yagumishije igipimo cy’urwunguko fatizo kuri 6,5%

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yatangaje ko yagumishijeho igipimo cy’urwunguko fatizo kuri 6,5% (…)

U Rwanda ruzahagarika gutekesha inkwi ku mashuri bitarenze mu 2032

Guverinoma y’u Rwanda yihaye intego ko biterenze mu mwaka wa 2032 izaba yahagaritse gukoresha (…)

Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu byongeye kuzamuka

Itangazo ry’ikigo RURA ryasohowe kuri uyu wa Mbere tariki 10, Gashyantare, 2025 rivuga ko litiro (…)

U Rwanda Rugiye Kuvugurura Ingengo Yarwo Y’Imari

Minisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko ifite gahunda yo kuvugurura ingengo y’imari y’u (…)

Abanya Uganda bakunze ishuri ryigisha gutunganya amashusho ryo mu Rwanda

Abanyeshuri bo muri Uganda biga ibijyanye no gutunganya amashusho muri Elite Training Academy (…)

Musanze:Urubyiruko rwavuye Iwawa rurasaba guhabwa ubundi bufasha ngo rwizahure

Rumwe mu rubyiruko rwavuye Iwawa, rukahigishirizwa imyuga ruvuga ko nyuma yo kuva Iwawa batigeze (…)

Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu Kiyaga cya Kivu hari Amariba 13 ya Peteroli

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli, RMB, cyatangaje ko ubushakashatsi bwakozwe mu (…)

MININFRA yasabwe kwishyura abaturage byihuse ibirarane bidasaba ingengo y’imari nini

Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore, (…)

Perezida Kagame yatabarije Afurika iri kugirwaho ingaruka n’ihindagurika ry’ibihe

Perezida Paul Kagame yasabye umuryango mpuzamahanga gushyira mu bikorwa gahunda zemejwe zigamije (…)

Dore ibivugwa ku ntandaro yo kuba hari ubushyuhe bukabije muri iyi minsi

Muri iyi minsi hari ibice by’igihugu abaturage bumva hashyushye mu buryo budasanzwe, ariko ni (…)

Ibiribwa bihunitse mu bigega by’u Rwanda byariyongereye cyane mu 2024

Raporo ya Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ya 2023/24 yagaragaje ko ibigega by’igihugu (…)

RSSB yatanze umucyo ku makuru ayishinja kugira agahato ubwizigame bwa EjoHeza

Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rukomeje gusobanura ko kwizigamira muri EjoHeza nta (…)