skol
fortebet

Ubukungu

Guverineri Kayitesi yahakanye iby’Abayobozi bavugwa mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice yahakanye ko nta makuru afite ya bamwe mu bayobozi (...)

Abakennye kurusha abandi bagiye kuzajya bagobokwa n’ikigega gishya leta yatangije

Leta y’u Rwanda n’igihugu cy’u Budage batangije ikigega cy’asaga miliyari 20 y’u Rwanda cyitezweho (...)

Kayonza: Abadepite batahuye ubutaka bw’Abaturage ADEPR yarubatseho mu buryo butemewe

Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda bagize komisiyo y’ubutaka, ubuhinzi, ubworozi (...)

Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari cyemeye gufasha u Rwanda gusana ibyangijwe n’ibiza

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yakiriye mu biro bye intumwa z’Ikigega (...)

Leta y’u Rwanda yashimiwe na IMF uburyo ikoresha neza inkunga ihabwa

Ministre w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard NGIRENTE yakiriye mu biro bye intumwa z’ikigega (...)

Ibikubiye mu masezerano U Rwanda rwagiranye na Pologne

U Rwanda rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Pologne azasiga rugeze ku ikoranabuhanga rinoze (...)

Nigeria:Inzara yatumye igihugu kinjira mu bihe bidasanzwe

Nyuma y’uko bigaragaye ko inzara ivuza ubuhuha muri Nigeria, Perezida Bola Tinubu yabwiye (...)

Inama y’abaminisitiri bahuriye mu ihuriro ry’umuhora wa ruguru irikube i Kigali

Kuri uyu wa 14 Kamena 2023 i Kigali hari kubera Inama y’abaminisitiri bahuriye mu ihuriro (...)

Impamvu umuhinzi akwiye kugira uruhare mu igenamigambi rigamije Iterambere

Ni kenshi leta itegura igenamigambi rigamije kuzamura imibereho myiza y’abaturage, ariko (...)

Kigali: Miliyoni 200Frw zatikiriye mu nkongi yibasiye ahantu hatatu mu munsi umwe gusa

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko inkongi eshatu zibasiye ibikorwa biri mu bice bitandukanye (...)

I Gikondo inyubako ikoreramo Imvaho Nshya yafashwe n’inkongi

Inyubako iherereye i Gikondo ahasanzwe habera Imurikagurisha (Expo) ikaba ikoreramo (...)

Rwanda: Ibiciro ku isoko byiyongereyeho 20,4% mu kwezi gushize kwa Kamena 2023

Igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu Rwanda kigaragaza ko muri Kamena 2023 byiyongereyeho 20,4% (...)

Umuhanda Giti cy’inyoni-Nzove-Ruli-Gakenke ntukiri nyabagendwa

Imirimo yo kubaka urugomero rwa Nyabarongo ya II ruhuza uturere twa Gakenke na Rulindo (...)

Abahinzi bagorwaga n’ifumbire ihenze bazaruhuka ari uko uruganda ruyitunganya rwuzuye

Mu Rwanda harimo kubakwa uruganda rutunganya ifumbire, ruzatangira gukora bitarenze mu kwezi (...)

Minisitiri Bayisenge yavuze ku kababaro aterwa n’Abagore babaswe n’ubusinzi

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette, arasaba abantu (...)

0 | ... | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | 135 | 150 | 165 | ... | 780