skol
fortebet

Ubukungu

Ishusho ya Nyabisindu ubwo imirimo yo kuvugurura imiturire izaba irangiye

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Guteza Imbere Imiturire (RHA), cyashyize ahagaragara isura (…)

MIFOTRA yiyemeje gukemura ikibazo cy’ibizamini by’akazi bikorerwa ahanyuranye n’aho kazakorerwa

Minisitiri w’Umurimo n’Abakozi ba Leta, Amb. Christine Nkulikiyinka, yagaragaje ko bari (…)

Ibyo u Rwanda rwitondera mu gufata inguzanyo z’amahanga

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yasobanuye ko hari ibyo u Rwanda rwitondera (…)

U Rwanda rwemeje amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 48$ azifashishwa mu mushinga wo kuhira imyaka i Gisagara

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe w’Abadepite yemeje amasezerano hagati hagati ya (…)

Umukunzi wa golf, ikawa n’umuziki: Ubuzima bwihariye bwa Visi Guverineri wa BNR, Nick Barigye

Iminsi itandatu ni yo ibura ngo amezi atanu yuzure Nick Nick Barigye ari Guverineri Wungirije wa (…)

U Rwanda rwasubije ku isoko impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari 50 Frw

Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yasubije ku isoko impapuro (…)

Ibiciro ku masoko yo mu Rwanda byiyongereyeho 5,1%

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), cyatangaje ko ibiciro byo mu Rwanda bikomatanyije (…)

Harimo na zahabu: Uduce 10 dushya twavumbuwemo amabuye y’agaciro mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz (Rwanda Mining Board- RMB), cyamuritse ahantu (…)

Zahabu u Rwanda rutunganya yageze kuri toni 2,5 ku kwezi

Mu myaka 96 ishize ibikorwa byo gucukura amabuye y’agaciro bitangiye mu Rwanda, uru rwego rumaze (…)

Banki y’Isi yemereye u Rwanda miliyari 145,7 Frw yo kunoza ikusanywa ry’imisoro no guhanga imirimo

Inama y’Ubutegetsi ya Banki y’Isi yemeje miliyoni 100$, ni ukuvuga arenga miliyari 145,7 Frw (…)

Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda bukoresha abasaga 92.000

Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda bukoresha abantu basaga 92.000, iyo mirimo ikaba (…)

Samsung yateguje telefone ikunjwa inshuro eshatu

Sosiyete y’Ikoranabuhanga ya Samsung yateguje ‘Galaxy Z TriFold’, telefone igezweho ikunjwa (…)

Mu 2026 ifaranga koranabuhanga rizatangira kugeragezwa mu baturage

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yatangaje ko umwaka utaha wa 2026, hatagize igihinduka ifaranga (…)

Ubwiteganyirize muri Ejo Heza bwageze kuri miliyari 87 Frw

Umuyobozi ushinzwe ubukangurambaga muri gahunda ya Ejo Heza, Kayumba Bernard, yavuze ko (…)

BNR yijeje ko ibiciro ku isoko bitazakomeza kuzamuka

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yijeje Abanyarwanda ko ibiciro ku isoko bitazatumbagira ngo birenge (…)