skol
fortebet

Ubukungu

RwandAir yatangije ingendo muri Zanzibar

Sosiyete Nyarwanda y’Ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir yatangije ingendo zerekeza ku Kirwa cya (…)

BNR yasoje igerageza ry’ibanze ku ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga mu Rwanda

Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yasoje ibikorwa byo kugerageza ikoreshwa ry’ifaranga (…)

Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda yasuye ibikorwa by’iterambere muri Gatsibo

Amb. Prof. Charity Manyeruke, uhagarariye igihugu cya Zimbabwe mu Rwanda, yasuye ibikorwa (…)

Ibiciro by’inyama bikomeje gutumbagira

Izina imbonekarimwe, igisobanuro cyaryo kiri kumvwa neza ubu. Ni imbonekarimwe koko kuko udafite (…)

Perezida Kagame yamaze impungenge abatekereza ko AI izabatwara akazi

Perezida Paul Kagame yamaze impungenge abatekereza ko inkundura y’imikoreshereze (…)

Ubucuruzi bwa EAC bwageze kuri miliyari 38.2 z’amadolari

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, watangaje ko bayeho izamuka ku kigero cyo hejuru mu (…)

BNR yashyize ku isoko impapuro mpeshwamwenda za miliyari 10 Frw

Banki Nkuru y’Igihugu yashyize ku isoko impapuro mpeshwamwenda za miliyari 10 Frw, zizagurishwa (…)

Ibiciro ku masoko byazamutseho 7,1% mu Ukwakira

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko mu Ukwakira 2025, ibiciro mu mijyi (…)

MINECOFIN yakebuye abacyumva ko impamba itazabageza i Kigali bayirira ku Ruyenzi

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko Abanyarwanda bagera kuri 3% batari (…)

Karongi: Ingo zirenga 5800 zavuye mu bukene mu myaka ibiri

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko binyuze muri gahunda ya Gira Wigire yo gufasha (…)

MINICOM yavuze ku bwiyongere bw’umusaruro w’inganda mu Rwanda

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yavuze ko Urwego rw’inganda rwazamutse rugatanga (…)

Ishoramari rya miliyari 1.084 Frw: Ibyitezwe mu rugendo rw’u Rwanda rwo kuba igicumbi mu by’imari

U Rwanda rukomeje gushyira imbere intego yo kuba igicumbi cy’imari ku rwego rwa Afurika, binyuze (…)

Ubushomeri mu Banyarwanda bwagabanyutseho 1,9%

Ubushakashatsi ku bashomeri n’abakora mu Rwanda bukorwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, (…)

Urwego rw’inganda rwinjije 22% mu musaruro mbumbe w’Igihugu

Mu mwaka wa 2024/2025, urwego rw’inganda rwazamutseho 6,3% rwinjiza 22% mu musaruro mbumbe (…)

U Rwanda rwahawe ibikoresho bya Laboratwari bizafasha kumenya ubuziranenge bw’amazi

Umuryango w’Ibihugu bihuriye ku kibaya cy’uruzi rwa Nili, (Nile Basin Initiative, NBI) (…)