skol
fortebet

Ubukungu

MINICOM yahagaritse by’agateganyo ibiryabarezi bishyirwamo ibiceri

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda [MINICOM] yahagaritse impushya zatanzwe ku mikino y’amahirwe (…)

U Rwanda ruri ku mwanya wa 9 ku isi mu bihugu bifite ibiribwa bihenze

Urutonde rwakozwe na Banki y’Iyi rwashyize u Rwanda ku mwanya wa cyenda mu bihugu 10 bifite (…)

Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho 17,6% muri Nzeri 2022

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro byiyongereyeho 17,6% (…)

Kera kabaye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanutse mu Rwanda

Urwego ngenzuramikorere,RURA rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizatangira (…)

N’iki Abanyarwanda bazungukira ku isoko rusange ry’Afurika Minicom yatangiye kubakangurira?

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Dr Jean-Chrysostome Ngabitsinze, yatangije ubukangurambaga (…)

"Guhagarika izamuka ry’ibiciro ntibishoboka...."-BNR

Banki Nkuru y’u Rwanda yavuze ko izamuka ry’ibiciro rikabije mu Rwanda ridashingiye gusa ku (…)

Icyizere ku buturo bushya bw’inkura zera (white rhinos) zajyanywe mu Rwanda

Raporo nshya yerekana ko kubera ubushimusi umubare w’inkura zera (white rhinos) wagabanutseho (…)

Abaturage barasaba Leta kugira icyo ikora ku biciro bihanitse ku masoko

Abaturage mu Rwanda bavuga ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro ku masoko yo mu Rwanda. (…)

Kangondo na Kibiraro , ’drones’ ziri kubategeka kwimuka

Kuva mu gitondo cyo kuwa kane abatuye mu midugudu ya Kibiraro I na Kangondo mu kagari ka (…)

Umugenzuzi Mukuru w’imari ya leta yashinje Umujyi wa Kigali gusuzugura inama yawugiriye

Umugenzuzi Mukuru w’imari ya leta yabwiye Komisiyo y’abadepite bagize PAC ko Umujyi wa Kigali (…)

Ibiciro by’ibiribwa byiyongereyeho 29% mu Rwanda muri Kanama

Imibare mishya yatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) igaragaza ko (…)

Perezida Kagame yahishuye ikintu Afurika ikwiriye kwihutira nyuma ya Covid-19

Perezida Kagame aravuga ko gufungura ikirere mu bihugu bya Afurika byatuma ubuhahirane (…)

MINAGRI yahishuye impamvu ikilo cy’Ibirayi cyageze kuri 500 FRW aho bihingwa cyane

Abaturage bo mu Karere ka Musanze hazwiho kuva ibirayi byinshi baravuga ko kuba igiciro cyabyo (…)

PAC yatunguwe n’ameza yaguzwe arenga 1.200.000 FRW muri TVET Cyanika

Urwego rw’Amashuri ya Polytechnique rwananiwe gusobanurira Abadepite bagize Komisiyo Ishinzwe (…)

"Ntabwo Afurika ikwiriye kubura ibyokurya..."-Perezida Kagame

Perezida Kagame avuga ko Umugabane w’Afurika udakwiriye kubura ibyokurya kubera ko ifite ubutaka (…)