skol
fortebet

Ubukungu

Afurika ikeneye uruhare rw’umugore ngo yizere kugera ku iterambere. Kubera iki?

Umuryango wa Pan Africa Movement Rwanda-Chapter ku bufatanye na Minisiteri y’uburinganire (…)

Bisate Lodge iyoboye izindi Hoteli muri Afurika mu kugira ubwiza buhebuje [URUTONDE]

Ubushakashatsi bwakozwe na Travel + Leisure bwemeje ko abafana bayo batoye ko Bisate Lodge iri (…)

U Rwanda rwashyizwe mu bihugu 17 bikenye cyane ku isi muri 195 byakoreweho ubushakashatsi

Banki y’isi yashyize U Rwanda ku mwanya wa 178 ku rutonde ngarukamwaka ngaruka mwaka rureba (…)

Ibiciro mu Rwanda byariyongereye cyane muri Kamena

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro mu mijyi (…)

Leta y’u Rwanda yiyemeje kunganira ibikorwa bifasha mu guhangana n’ihindagurika ry’ibiciro ku isoko

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yatangaje ko mu mwaka w’ingengo y’imari (…)

Jeannette Rugero umunyarwandakazi watsinze ubushomeri binyuze mu gusobanukirwa neza za Pariki

Ubukerarugendo ni amahirwe y’umurimo ari gutera imbere, nibwo rwego rwinjiza amafaranga menshi (…)

Rwanda FDA yafunze amashami 5 y’inganda zikora amazi yo kunywa

Ikigo gishinzwe kugenzura imiti n’ibiribwa mu Rwanda, Rwanda FDA cyatangaje ko kimaze gufunga (…)

Hamenyekanye akayabo kagiye gukoreshwa mu kubaka inyubako ndende kurusha izindi mu Rwanda

Perezida Paul Kagame yatangije iyubakwa ry’inyubako y’ubucuruzi igezweho ya Kigali International (…)

Kicukiro: Ya mihanda inyuranamo ifite n’unyura mu kirere iri kuzura [AMAFOTO]

Imihanda yo muri Kicukiro Centre irimo inyuranamo n’unyura mu kirere yatangiye kuba nyabagendwa. (…)

NISR yagaragaje ukuntu ibiciro byatumbagiye cyane mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi (…)

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byiyongereye cyane

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Ernest NSABIMANA (PhD. Eng), (…)

U Rwanda ruravuga ko mu myaka 8 irimbere imiryango itishoboye izahabwa terefoni zigezweho

Mu mwaka wa 2030 nibwo biteganijwe ko imiryango itishoboye ibarirwa muri 2 800 000 izaba yahawe (…)

Inteko Rusange yahaye igihe ntarengwa MINICOM cyo gucyemura ibibazo by’amotari

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yateranye ku wa Gatatu taliki ya 8 Kamena 2022, yasabye (…)

Rusizi: Abacuruzi bambuka muri RDC bahishuye ihohoterwa bari gukorerwa n’Abakongomani

Abakora ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka hagati y’akarere ka Rusizi mu Rwanda (…)

Bidasubirwaho Rwandair yemeje ko yahagaritse ingenzo zerekeza muri RDC

Sosiyete y’u Rwanda y’ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir yahagaritse ingendo zose zerekezaga i (…)