I Kigali hateraniye inama y’ibigo birwanya ruswa muri Afurika(Amafoto)
Yanditswe: Tuesday 03, May 2022
Abayobozi bahagarariye ibigo birwanya ruswa mu bihugu bigize umuryango wa Commonwealth muri Afurika bahuriye i Kigali mu nama yabo ya 12
Abayobozi bahagarariye ibigo birwanya ruswa mu bihugu bigize umuryango wa Commonwealth muri Afurika bahuriye i Kigali mu nama yabo ya 12
Iyi nama y’iminsi itatu, aba bayobozi baraganira ku kurwanya Ruswa hagamijwe kugera ku miyoborere myiza n’iterambere rirambye.
Guhera ku wa 3 kugeza ku wa 6 Gicurasi 2022, abayobozi bahagarariye ibigo birwanya ruswa mu bihugu bigize #Commonwealth muri Afurika bahuriye i Kigali mu nama yabo ya 12. Bazaganira ku kurwanya ruswa hagamijwe kugera ku miyoborere myiza n’iterambere rirambye. #RwanyaRuswaNonaha pic.twitter.com/9ZXd6TUEaz
— Rwanda Government Communications (@RwandaOGS) May 3, 2022
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, ahagarariye Perezida Kagame,niwe wayoboye umuhango wo gutangizaku mugaragaro iyi Inama.
N’inama yatangiye kuri uyu wa 3 ikazageza ku wa 6 Gicurasi 2022. Bazaganira ku kurwanya ruswa ku nsanganya matsiko igira iti”Rwanya Ruswa nonaha”
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *